Amerika ivuga ko bitayitunguye kuba ikomeje kugorwa no kumvikanisha u Rwanda na RDC
•
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ko zitatunguwe no kuba bikomeje kugorana kumvikanisha Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’u Rwanda, nyuma y’uko umutwe wa M23 wubuye imirwano. Byatangajwe kuri uyu wa Gatatu n’Umuyobozi wungirije ushinzwe Afurika mu ishami ry’ububanyi n’amahanga rya Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Molly Phee, mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru kigaruka ku…
Makolo yahashuye ko Uburundi bwafunze umupaka kubera ikimwaro
•
Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Madamu Yolande Makolo yavuze ko igisebo cyo gutakaza ingabo nyinshi muri RDC ari cyo cyatumye u Burundi bufata umwanzuro wo gufunga umupaka n’u Rwanda. Ibi Yolande Makolo yabigarutseho mu kiganiro Africa Daily, ubwo yaganiraga n’umunyamakuru Alan Kasujja. Ni ikiganiro kibaye nyuma y’ukwezi kurenga Guverinoma y’u Burundi ifashe icyemezo cyo…
Ese gukora imibona1no mpuzabitsi1na uri mu mihango ni byiza cyangwa ni bibi?
•
Ubusanzwe gukora imibona1no mpuzabitsi1na nta gihe biba bitemewe mu gihe cyose abagiye kuyikorana babyiteguye kandi bujuje ibisabwa. Ibisabwa tuvuga hano ni ukuba babyemeranyijeho kandi bujuje imyaka ibibemerera, bitewe n’igihugu barimo kuko biratandukanye muri buri bihugu. Ni ryari utagomba gukora imibona1no mpuzabitsi1na uri mu mihango? Mu gihe umwe mu bagiye kuyikora afite uburwayi yakanduza mugenzi…
Abasore: Amabanga 15 yagufasha gutereta umukobwa cyangwa umugore wese wifuza
•
Hari abasore bagorwa no gutereta bitewe ni isoni cyangwa kudasobanukirwa nuko bigenda cyangwa bajya gutereta bigapfa bataratera umutaru , mu bujyanama bwa buri munsi twaguteguriye uburyo butandukanye bwagaragajwe n’abahanga ndetse natwe twakoreyeho ubushakashatsi ku bantu batandukanye. Burya umugabo wese ashobora gutereta umukobwa yifuza ,niyo yaba afite ubwiza bwagataganza cyangwa amurusha ubutunzi n’amashuri.iyo witinyutse kandi…
Byinshi kuri Gombo ifasha abagore gushimisha abagabo mu gihe cy’akabariro bagaca ukubiri no kubaca inyuma
•
Gombo ni zimwe mu mboga zikoreshwa mu mafunguro atandukanye zikagira akamaro mu bice by’umubiri bitandukanye ariko zikagira umwihariko wo gufasha igitsinagore ku bijyanye n’imyororokere. Iki kiribwa cyahawe izina rya Okra benshi mu banyarwanda bakacyita Gombo, cyakoreshejwe cyane mu bihugu birimo Ethiopia, Ertrea, Soudan, gikundwa n’abayoboke ba Islam bakomoka mu Misiri ndetse n’ahandi. Biragoye kumenya…
Sobanukirwa byinshi ku mirongo iri mu kiganza cyawe ndetse n’icyo ivuze ku buzima bwawe bw’ahazaza
•
Benshi mu bafite ubuhanga bwo kureba ahazaza h’umuntu bibanda cyane mu kureba mu kiganza cy’uwo bashaka kurebera bagendereye kwita ku mirongo ikirimo.Muri iyi nkuru turaza kurebera hamwe icyo iyo mirongo isobanuye n’impamvu bamwe bagira mu kiganza imirongo 3 abandi bakagira 4. Abitegereza ibi , bareba ku gitsina cya nyiri ikiganza, bakareba cyane ku mirongo…