Goma: SADC na MONUSCO bikomeje gukaza ubwirinzi no kwitegura igitero cya M23 – AMAFOTO
•
Ingabo za SADC zoherejwe mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo bari gukaza ibirindiro mu mpande zitandukanye zikikije umujyi wa Goma n’umujyi wa Sake kugirango bahangane n’inyeshyamba za M23. Umuvugizi w’ingabo mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye i Goma, Lt Col. Kedagni Mensah, avuga ko ihungabana ry’umutekano ku Muhanda wa 2 muri Kivu y’Amajyaruguru ryatumye…
Nangaa yahishuye icyo bagiye gukorera Tshisekedi nyuma yo kwanga imishyikirano
•
Umuyobozi w’Ihuriro Alliance Fleuve Congo, avuga ko urugendo rwo kubohora Congo rugikomeje kuko ngo Perezida Tshisekedi yamaze kurenga umurongo utukura ndetse ku buryo akwiye gufungwa . Mu mpera z’icyumweru gishize ubwo yaganiraga n’ikinyamakuru Libre, yavuze ko bitewe n’ubwicanyi,kuvangura amoko,kugoreka inzego z’ubutabera byaranze Perezida Tshisekedi,ari bimwe mu byagaragaje ko yamaze kurengera ku buryo AFC yiteguye…
Abasore: Dore amagambo y’ubwenge wakoresha ureshya umukobwa wakunze
•
Burya mu buzima busanzwe umuntu ugwa neza ugira amagambo meza biba ntako bias ku bamwumva ariko iyo bigeze ku bakundana biba akarusho bitewe n’uko ashobora gutuma uwari wigunze asagwa n’umunezero bityo amarangamutima akigaragaza. Hari igihe rero umusore ahobora kubona umukobwa akumva aramukunze ariko kumureshya bikamugora bitewe no kutamenya imvugo iboneye yakoresha ngo amwigarurire.Aya mugambo…
U Rwanda rwafashe ingamba zikomeye zo guhangana n’indege z’intambara za FARDC
•
Guverinoma y’u Rwanda yamenyesheje amahanga ko yamaze gufata ingamba zo guhangana n’indege z’intambara z’Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), mu gihe zaba zirugabyeho ibitero. U Rwanda rwemeje ayo makuru biciye mu itangazo Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga yasohoye mu ijoro ryo ku Cyumweru tariki ya 18 Gashyantare 2024. Ni nyuma y’uko Perezida Félix Antoine…
Afurika y’epfo, Uburundi na RDC byahuriye mu nama yo kunoza umugambi wo guhashya M23
•
Kuri iki Cyumweru mu gitondo, Perezida Félix Tshisekedi na bagenzi be Cyril Ramaphosa wa Afurika y’Epfo na Jenerali Ndayishimiye w’u Burundi bakoze inama y’ibihugu bitatu i Addis Abeba, muri Ethiopia ku bijyanye no kohereza ingabo za SADC (SAMIDRC) mu burasirazuba bwa DRC. Kuri iyi ngingo, Abakuru b’ibihugu bitatu baganiriye ku guhuza ibikorwa neza ku…
Dore ibiribwa 10 ugomba kwihata niba ujya ugira ikibazo cyo kurangiza vuba cyangwa kwitwara nabi mu buriri
•
Nkuko bizwi abahanga mu mirire bagaragaza ko , buri gice cy’umubiri gikenera amafunguro kugirango kirusheho kumererwa neza.|Ni nayo mpamvu usanga abantu bagirwa inama gufata amafunguro runaka ngo bagire ubuzima bwiza. Uretse no kugira ubuzima buzira umuze, hari ibiribwa abagabo barangiza vuba bagirwa inama yo gufata kugirango barusheho kwitwara neza muri icyo gikorwa. Muri ibyo…