Tangira umunsi wawe n’amakuru agezweho

Tukugezaho amakuru agezweho yo hirya no hino ku isi, akazi kasohotse ndetse n’amazu, ibibanza ndetse n’imodoka bigurishwa make.

  • Abasore: Dore uburyo wakoresha ukamenya niba umukobwa ugiye gutereta afite umukunzi cyangwa ntawe

    Ubusanzwe biragoye kurebesha amaso yawe ngo uhite ubona ko umukobwa wumva washimye afite umukunzi cyangwa nta mukunzi afite ariho usanga nkawe nku musore uhubutse ukabaza umukobwa Niba nta mukunzi afite. Yego ni byiza kubimubaza ariko burya umuhanga mu gutereta yirinda gukora iri kosa ryo kubaza umukobwa Niba afite umukunzi. Dore uburyo bwiza wakoresha mu…

  • KNC yavuze icyo abantu badakwiye kwitiranya mu iseswa rya Gasogi United

    KNC yavuze ko atigeze atangaza ko asheje ikipe kubera ko yatsinzwe ngo na cyane ko ngo byari bimaze iminsi bibaho. Yavuze ko abantu badakwiriye kubyitiranya no gusezera muri Champiyona. Mu kiganiro na Radio Rwanda KNC yavuze ko imikinire yo muri iyi minsi yatumye ikipe ye ihura n’imifuririre mibi itari buyemerere kugera ku ntego yayo…

  • Nyuma yo kwamaganirwa kure, Papa Francis yavuze uko guha umugisha abatinganyi bizakorwa muri Afurika

    Umushumba Mukuru wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Fransisco yavuze ko Abasenyeri bo muri Afurika bakwiriye gufatwa mu buryo bwihariye ku kwamagana ingingo yo guha umugisha abatinganyi, ko bazagenda babyumva buhoro buhoro. Mu kiganiro yahaye ikinyamakuru cyo mu Butaliyani, Papa yavuze ko abayoboye Gatolika muri Afurika n’abayoboke babo, babona abatinganyi nk’ikizira bashingiye ku mico…

  • Ingabo za SADC zatangiye kota umuriro wa M23

    Ingabo za SADC zo mu bihugu bya Afurika y’Epfo, Tanzaniya na Malawi zoherejwe mu butumwa bwo kurimbura umutwe wa M23 wazengereje ubutegetsi bwa Tshisekedi, zatangiye gusogongera ku kibatsi cy’umuriro w’abo barwanyi. Ingabo za SADC ziri muri Kivu ya Ruguru, iza mbere zahageze mu Ukuboza 2023 mu bikorwa by’ibanze byo kwiga intambara no kwitegura. Ku…

  • Dore ibyo wamenya ku muntu ugendeye ku ngendo ye gusa

    Buri muntu aho ava akagera aba afite uko avuga, uko agenda, uko aryama, n’ibindi byinshi bimutandukanya n’abandi. Uyu munsi tugiye kureba uko ingendo y’umuntu ishobora kugaragaza byinshi mubimuranga. Mu 1935, Inzobere mubijyane n’imitekerereze ya muntu Welner Wolff mubushakashatsi bwe yagaragaje ko uko umuntu agenda bisobanura byinshi cyane kumwitwarire ye, bivuzeko ushobora kubona umuntu ukamumenyaho…

  • Abasore: Umukobwa mukundana nakubaza kimwe muri ibi bibazo uzamenye yatangiye kukwiyumvamo birenze

    Urukundo ni ikintu kiryohera abakundana hagati yabo. Iyo umukobwa atangiye kugukunda cyane, azatangira kukubaza ibibazo bikomeye ariko byiza ku rukundo rwanyu. Dore ibibazo 5 umukobwa azakubaza Niba Koko mukundana: Kubera iki unkunda? Mu gihe ukundana n’umukobwa ariko ntakubaze iki kibazo ntago muzaba mukundana. Kuko iyo umukobwa agukunda nawe umukunda muri mu rukundo cyane, azakubaza…