Biratangaje: Umukecuru mbere yo gupfa yaraze imbwa ye asaga miliyari 3RWF ntiyaha n’urutoboye abana be 3
•
Umugore wo muri Shaghai mu Bushinwa uzwi nka Ms.Liu yahisemo gusigira abana be aho ahubwo asigira amafaranga yose imbwa ye yakundaga cyane. Uyu mugore yatangaje ko iyi mbwa ye yamubaga hafi imyaka yose y’ubuzima bwe kuva arwaye ndetse anapfa imuri iruhande mu bana be cyangwa abandi bo mu muryango we ntihagira numwe umugera iruhande.…
Abagore: Dore incuro udakwiye kurenza wambara isutiye utarayimesa n’ingaruka mbi zizakubaho niba utabyubahiriza
•
Abagore benshi cyangwa abakobwa hari ubwo bakunda kwambara amasutiye atameshe bakitwaza akazi cyangwa izindi mpamvu.Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibibazo biba bibategereje. Mu by’ukuri , udufata amabere cyangwa amasutiye ni umwambaro w’abagore Bambara kandi bakawambarira imbere. Isutiye iba yegereye umubiri cyane no kurenza imyambaro ndetse isutiye ifasha abagore no kutaremererwa n’amabere nk’uko ikinyamakuru…
Umunsi n’aho nyakwigendera Pasteri Mpyisi Ezra azasezerwaho bwa nyuma byamenyekanye
•
Umuryango w’umukozi w’Imana Pastor Mpyisi uherutse gupfa , washyize hanze gahunda y’ibikorwa byo kumuherekeza no kumusezeraho bwa nyuma. Nyakwigendera yatabarutse tariki 27 Mutarama 2024 ku munsi wo ku wa Gatandatu ku myaka 102, azashyingurwa ku cyumweru tariki 04 Gashyantare. Nk’uko byatangajwe n’umuryango wa Nyakwigendera , Umuhango wo gushyingura Nyakwigendera Pasiteri Ezra Mpyisi uzabanzirizwa n’ibikorwa…
AFCON2024: Cote d’Ivoire yazamutse ku giceri yasezereye Senegal yahabwaga amahirwe yo kwisubiza igikombe
•
Ikipe y’igihugu ya Cote D’Ivoire yasezereye Senegal ya Sadio Mane mu mikino ya 1/8 y’igikombe cy’Afurika cya 2023 Kiri kubera muri Cote D’Ivoire ihita yerekeza muri 1/4. Ni umukino wabaye kuri uyu Wambere saa yine z’ijoro ubera kuri Stade Charles Konan Banny. Ikipe y’igihugu ya Senegal yatangiye umukino iri hejuru ndetse ku munota wa…
Akari ku mutima wa Joan Mugabo wasoje amasomo yo gutwara indege ku myaka 20 y’amavuko
•
Ku myaka 20 gusa y’amavuko, Mugabo Joan kugeza ubu ni we mupilote muto ukomoka mu Rwanda. Ni nyuma y’uko uyu mukobwa aje mu banyeshuri 20 bamaze imyaka ibiri bahabwa amahugurwa mu ishuri ryigisha ibijyanye no gutwara indege muri Turkiya. Akari ku mutima w’umwali Joan Mugabo w’imyaka 20 Mugabo Joan, umwe mu banyarwandakazi bashoboye gukabya…
Mr Ibu wageze aho yibwa n’abana be amafaranga yari agenewe kumuvuza yahishuye ko yarozwe
•
John Okafor wabaye icyamamare binyuze mu izina yubatse mu gukina filime zirimo n’iz’urwenya muri Nigeria, yanyuze mu bikomeye birimo kurwara igihe kirekire n’ibindi bibazo byinshi birimo guhangana n’abana be bibye imfashanyo yahawe kugira ngo avuzwe. Mr Ibu watanze ibyishimo kuri benshi binyuze mu gutambutsa urwenya, amaze iminsi asezerewe mu bitaro nyuma yo kurwara ukuguru…