-
Bamwe mu barwanyi ba FDLR baravugwa mu bashinzwe umutekano wa Perezida Ndayishimiye. Icyo Amerika ivuga kuri FDLR
•
Mu gihe ibihugu byinshi bikomeje kuvuga ururimi rumwe ku kibazo cy’umutwe wa FDLR, Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ko uwo mutwe w’iterabwoba ugomba gusenywa burundu. Ibi byatangajwe mu gihe amakuru akomeje gutangazwa n’abaturage n’abasesenguzi bo mu karere, agaragaza ko bamwe mu barwanyi ba FDLR bamaze amezi bari mu Burundi, aho bamwe bavugwaho…
-
Rayon Sports yateguje gusezera mu gikombe cy’Amahoro burundu mu gihe FERWAFA yaba itubahirije ibyo isaba ku mukino na Mukura VS utararangiye
•
Ikipe ya Rayon Sports yandikiye Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ibamenyesha ko itazakomeza irushanwa ry’Igikombe cy’Amahoro 2024-2025 mu gihe hatubahirizwa amategeko agenga amarushanwa, cyane cyane ku bijyanye n’imikino y’ijonjora rya ½ yahuje iyi kipe na Mukura Victory Sports FC ku wa Kabiri, tariki ya 15 Mata 2025. Mu ibaruwa ndende yandikiwe FERWAFA kuri…
-
Biravugwa: Mu byo Uwari Meya wa Nyanza, Ntazinda yazize harimo inshoreke
•
Ntazinda Erasme wari Meya wa Nyanza muri manda ye ya Kabiri yahagaritswe n’inama njyanama y’aka karere ndetse ahita atabwa muri yombi na RIB kuri uyu wa Gatatu taliki ya 16 Mata 2025 aho uhagarariye njyanama yavuze ko mu byo yazize harimo imyitwarire mibi. Ntazinda bivugwa ko yari amaze iminsi myinshi afitanye umubano wihariye n’umugore…
-
Tshiseked na Min. Kayikwamba mu gahinda kubera ibyo u Rwanda rukoze
•
Nyuma y’uko Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa RDC, Kayikwamba Wagner azengurutse amakipe ya Paris Saint Germain na Bayern ayabuza gukorana n’u Rwanda cyane cyane muri gahunda ya Visit Rwanda, ikipe ya PSG yamaze kongera amasezerano y’iyi gahunda kugeza mu mwaka wa 2028. Uko kwongera amasezerano kw’ikipe ya PSG na RDB byababaje cyane Perezida Tshisekedi ndetse…
-
Umwuka si mwiza hagati y’ingabo z’u Burundi na Wazalendo
•
Ingabo z’u Burundi zoherejwe mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ntizibanye neza n’imitwe yitwaje intwaro igize ihuriro rya Wazalendo, nyuma y’aho impande zombi zinaniwe kumvikana ku mitegurire y’urugamba rwo kurwanya AFC/M23. Abarwanyi benshi bo muri Wazalendo n’abasirikare b’u Burundi bahungiye muri teritwari ya Uvira nyuma yo kwirukanwa na AFC/M23 mu bice byo…
-
Umujyanama wihariye wa Trump uherutse i Kigali yihindutse u Rwanda
•
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zongeye gushyira u Rwanda mu majwi, zirusaba kuvana ku butaka bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ingabo zivuga ko ruhafite. Amerika yarwikomye biciye mu mujyanama wihariye wa Perezida Donald ku bijyanye na Afurika, Massad Boulos. Uyu mu kiganiro yahaye itangazamakuru kuri uyu wa Kane, yagize ati: “Turashimangira icyemezo duhagazeho:…