Tangira umunsi wawe n’amakuru agezweho

Tukugezaho amakuru agezweho yo hirya no hino ku isi, akazi kasohotse ndetse n’amazu, ibibanza ndetse n’imodoka bigurishwa make.

  • M23 yishe abasirikare b’abarundi bagera kuri 500

    Abasirikare b’u Burundi bagera kuri 472 nibo bamaze kumenyekana baguye mu gico batezwe na M23 Imirwano ihanganishije umutwe w’inyeshyamba wa M23 hamwe n’ingabo za Leta ya Congo iy’u Burundi ndetse n’Abasirikare bo mu muryano wa SADC ikomeje gukara, dore ko nyuma y’uko hatangajwe Ambisikade yatezwe ingabo z’uburundi ziri muri iyo mirwano ubu noneho umubare…

  • U Rwanda ruzakira igikombe cya Afurika cya 2026

    Igihugu cy’u Rwanda nyuma yo kwemezwa nk’igihugu kizakira igikombe cya Afurika cya Handball cya 2026 cyashyikirijwe idarapo nk’ikimenyetso gishimangira ko kizakira iki gikombe. Kuri uyu wa Gatandatu tariki 17 Mutarama 2024 i Cairo mu Misiri hasojwe imikino y’igikombe cya Afurika cya Handball cyakinwaga ku nshuro yacyo ya 26.Ubwo iki gikombe cyasozwaga habayeho umuhango wo…

  • Impamvu yatumye Xavi Hernandez asezera FC Barcelone yamenyekanye

    Umunya Espanye Xavi Hernandez utoza ikipe ya FC Barcelona yatangaje ko ubwo uyu mwaka w’imikino wa 2023-2024 uzaba urangiye atazakomezanya n’iyi kipe. Ibi byatangajwe nawe kuri uyu wa Gatandatu tariki 27 Mutarama 2024 nyuma y’umukino FC Barcelona yatsinzwemo na Villarreal igitego 5 kuri 3 mu mukino w’Umunsi wa 21 wa Shampiyona ya Espanye […

  • Dore Application usabwa gukura muri Telefone yawe uwo mwanya ugisoma iyi nkuru

    Abahanga muri Tekinoligi bagiriye inama abakoresha Telefone kwirinda zimwe muri Application zikoreshwa muri Telephone ( Android ), nyuma yo kubona ko zifite ibizwi nka Maleware byiyangiza. Abahanga bavuga ko hari ibizwi nka ‘Digital Trojan Horses’ byiba amakuru yo muri Telephone yawe harimo n’abo ubika amafaranga. App yitwa SpyLoan yashyizwe ku mwanya wa Mbere w’izo…

  • Ntuziruke ! Dore ibyo usabwa gukora mu gihe uhuye n’imbwa y’inkazi

    Mu gihe ugiye mu nzira ugahura n’imbwa ntukiruke kuko bishobora kukubera bibi, Hari ibintu byinshi wakora bishobora kugufasha kuva mu menyo yiyo mbwa. Dore bimwe mubyo ukwiye gukora: Ihagarareho wirinde kuyireba mu maso: Burya iyo uhuye n’imbwa uhita ugira ubwoba ariko nibibi kuko imbwa zumva ubwoba ufite bityo ikaba yakugirira nabi. Irinde kuyireba mu…

  • Nahoze ndi umusore w’amafuti niruka mu bakobwa n’ibindi bibi – Pastor Hubert

    Hubert Sugira Hategekimana Umunyarwanda w’inararibonye mumibanire y’ingo n’urushako, yatangaje byinshi mubyaranze ubusore bwe. Pastor Hubert azwiho gutanga inama zifasha abantu kubaka Ingo nziza akoresheje ijambo ry’Imana, Ubumenyi n’ibaruramibare, mukiganiro Yagiranye n’umunyamakuru kuri ‘channel’ ya YouTube yagarutse kubyamuranze akiri umusore. Yagize Ati ” nari umusore w’amafuti nkay’ingurube, nakoraga amafuti menshi pe”. Abajijwe ikintu atajya yibagirwa…