Byinshi ku ndwara ya Gamophobia ishobora no guturuka ku babyeyi ikaba ituma uyirwaye atinya gushaka
•
Gamophobia ni Indwara itera umuntu ubwoba bwo kugira inshingano cyane cyane gukora ubukwe, benshi mu bayirwaye ntabwo bamara igihe kinini mumubano n’abo bakunda. Nkuko benshi babitangaza, iyi ndwara ikunze kwibasira cyane igitsinagabo kuko Aribo kenshi baba bafite inshingano zo kwita kumuryango, bityo uyirwaye agira ubwoba bwo gutekereza ukuntu azabaho ubuzima bwe bwose abana n’umukunzi…
Byinshi ku ndwara yarembesheje Celine Dion igatuma asubika ibitaramo
•
Umuhanzikazi wamamaye ku isi Celine Dion , amaze igihe kitari gito arwaye indwara idafite umuti ndetse n’urukingo nk’uko byemejwe n’uwayikozeho ubushakashatsi. Nyuma yo gufatwa n’iyi ndwara Celine Dion yaharitse ibitaramo byose yari afite maze ajya kwitabwaho anisegura kubafana be. Ubusanzwe iyi ndwara arwaye ifata umuntu mu mitsi no mu bwonko igatangira kugaragara mu rutirigongo…
Boss wanjye yamfashe ku ngufu asanze nkiri isugi atangira… – Ubuhamya bwa Grace
•
Umukobwa witwa Grace wo mu gihugu cya Kenya yavuze uburyo yahohotewe mo n’uwahoze ari boss we ubwo uwo mu boss we yashwanaga n’umugore we bityo bigatuma umugore we yahukana, aho boss we yamufashe kungufu asanze akiri isugi atangira gukoresha umunwa mu myanya y’ibanga ye. Yavuzeko yakuriye mu buzima bubi bugoye, aho ubwo yari afite…
Wari uzi ko hari abantu imibu ikunda kurya kurusha abandi? Ikibitera n’icyo wakora niba uri muri aba
•
Ni kenshi uzabona hari abantu bakunze kwibasirwa n’imibu, nyamara hari abandi idashobora kwibasira kandi bari ahantu iri. Ibi bifite igisobanuro n’impamvu 4 zibitera. Hari abibaza impamvu iyi mibu ishobora kurya abantu bamwe abandi ikabareka kandi bari kumwe. Dore zimwe mu mpamvu zituma imibu yibasira bamwe igasiga abandi 1. Abantu bafite ubwoko bw’amaraso bwa O…
Umugabo wanjye byagezaga nijoro akajya gusambana n’umukozi – Nyirahabimana Bonnette yavuze inkuru ye iteye agahinda
•
Mu kiganiro yagiranye n’umunyamakuru Gerard Mbabazi kuri YouTube channel yitwa Gerard Mbabazi n’ubundi mu kiganiro Inkuru yanjye nibwo uyu mugore yavuze byinshi ku buzima bwe.Uyu mugore yavuze ko umugabo we bamenyanye bahuriye mu isoko agiye gucuruza, ariko umugabo we ngo yari umushoferi, bahurira kabarondo dore ko ngo n’ubundi Kabarondo ariho mu rugo iwabo w’uyu…
Nigeria yabujije Cameroon kugera muri 1/4 cya AFCON 2024
•
Ikipe ya Nigeria yageze muri 1/4 cy’irangiza cy’igikombe cya Afurika nyuma yo gusezerera Cameroon iyitsinze ibitego 2-0 mu mukino wa 1/16. Ibitego byombi bya Ademola Lookman nibyo byagehesheje Nigeria intsinzi mu mukino yayoboye bigaragara. Cameroon yavuye mu matsinda ku kaburembe itsinze Gambia ibitego 3-2,yaje muri uyu mukino idahabwa amahirwe binarangira itsinzwe. Uyu mukino nabwo…