M23 iravugwaho gufunga umuhanda ufitiye akamaro kanini Leta ya RDC
•
Umutwe wa M23 uravugwaho gufunga umuhanda wa Goma-Bukavu.Amakuru aravuga ko ubu M23 iragenzura umuhanda uva Ishasha, umanuka kumusozi wa Muremure. Uyu niwo muhanda umwe rukumbi wafasha Kinshasa kugera muri Goma mu gihe iyindi ari uguca mu kirere,mu nyanja cyangwa mu Rwanda. Biravugwa ko ibi byabaye nyuma y’aho M23 ifashe agace ka Mweso kuri uyu…
Imibare y’abaguye mu mpanuka yabereye mu kiyaga cya Mugesera ikomeje kwiyongera
•
Imibiri y’abantu 14 ni yo imaze gukurwa mu Kiyaga cya Mugesera mu Karere ka Rwamagana. Ni nyuma yaho ku wa Gatanu ubwato bwari butwaye abaturage 46 burohamye. Abantu 31 ni bo babashije kurokoka. Polisi ishami ryo mu mazi ikomeje gushakisha abakiri mu mazi. Uyu munsi nibwo abashakisha aba bantu baramukiye mu gushakisha abarohamye aho…
Imirwano ikomeye yahuje M23 na FARDC ndetse na Wazalendo
•
Imirwano yakomeje kuri uyu wa gatandatu tariki 27 Mutarama hagati ya M23 n’abarwanyi ba “wazalendo” barwana ku ruhande rw’ingabo za leta ya Congo (FARDC). M23 yatangaje ko kuva mu gitondo cya kare, ihuriro ry’ingabo za guverinoma n’abo bafatanyije bagabye ibitero ku birindiro bya M23 ku muhanda Karuba- Sake. Ni mu gihe abo ku ruhande…
Pasiteri Ezra Mpyisi yitabye Imana ku myaka 102. Byinshi kuri we
•
Pasiteri Ezra Mpyisi yitabye Imana ku wa Gatandatu tariki 27 Mutarama, ku myaka 102 y’amavuko. Amakuru y’urupfu rwa Mpyisi yamenyekanye ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatandatu biturutse ku makuru nyayo umuryango we watangarije itangazamakuru. Abo mu muryango we wa ba hafi batangaje ko yazize z’izabukuru. Pasiteri Ezra Mpyisi yatabarutse nyuma y’igihe kinini ku…
Teta Samantha yakuriwe ingofero mu nama y’umushyikirano benshi bemeza ko asa na Louise Mushikiwabo ndetse azagera ikirenge mu cye
•
Kuva ku wa 23Mutarama 2024, muri Kigali Conventiom Center habereye Inama y’Igihugu y’Umushyikirano ku nshuro ya 19 ikaba yarasojwe ku wa Gatatu Tariki 24 Mutarama 2024,Teta Samantha akaba ariwe wayoboye ikiganiro cy’Urubyiruko akurirwa ingofero bamwe banamusanisha na Louise Mushikiwabo. Ubusanzwe Teta Samantha yize ishami ry’Amateka, Ubukungu n’Ubumenyi bw’Isi (History, Economics and Geography), niwe wabaye…
Dore ingaruka mbi cyane 10 zirimo n’indwara ziterwa no kwicara umwanya munini udahaguruka
•
Hari abantu bakora akazi gatuma bamara umwanya muremure cyane bicaye hamwe nk’abatwara amakamyo yambukiranya imipaka n’abandi benshi, kandi ahanini ntibabone n’umwanya uhagije wo gukora imyitozo ngororamubiri. Ubushakashatsi bwakorewe ku bantu bagera 44.000 bwagaragaje ko umuntu ukora akazi gatuma amara amasaha 10 ku munsi yicaye byongera ibyago byo gupfa imburagihe. Ariko byibuze kubona iminota iri…