Ojera wasaga n’utakibanye neza na Rayon Sports yamaze kugurwa n’indi kipe
•
Rutahizamu usatira aca ku mpande ukomoka muri Uganda,Joachiam Ojera wakiniraga Rayon Sports, yamaze kugurwa n’ikipe yitwa Al Mokawloon Al Arab SC yo mu Misiri. Uyu mukinnyi waherukaga kwitwara nabi muri Rayon Sports, ubwo yatindaga kuva mu biruhuko, yaguzwe ibihumbi 20 by’amadolari, yemererwa gusohoka muri iyi kipe ye. Hari amakuru yavugaga ko Ojera yasuzuguye Rayon…
KNC yatangaje ko aseshe Gasogi United nyuma yo gutsindwa na As Kigali
•
Perezida wa Gasogi United, Kakooza Nkuriza Charles (KNC) yatangaje ko guhera uyu munsi aseshe iyi kipe kubera ko atakwihanganira “umwanda uri muri ruhago.” Nyuma yo gutsindwa na AS Kigali igitego 1-0 mu mukino w’Umunsi wa 18 wa Shampiyona, KNC yikomye abasifuzi abashinja kumwiba bikomeye byatumye ahitamo gusesa iyi kipe. Perezida KNC yatangaje ko asheshe…
Amateka ya Pasiteri Mpyisi Ezra watabarutse n’icyo abantu bazamwibukiraho
•
Pasiteri Ezra Mpyisi, umwe mu nararibonye izwi cyane akaba n’umuvugabutumwa mu Itorero ry’Abadiventisiti b’Umunsi wa karindwi mu Rwanda, yapfuye afite imyaka 102. Ibinyamakuru birimo na RBA bitangaza ko umuryango wa Pasitoro Mpyisi ari wo “wemeje iyi nkuru y’akababaro”. Ezra Mpyisi yari muntu ki? Yavuze ko yavutse mu 1922 ku musozi wa Gishike cya Nkobwa…
Sinigeze menya ko Pasiterine wanjye yari umutinganyi kugeza igihe yatangiye kunkabakaba ku gitsi1na ! Alice
•
Muri iyi minsi aho ibintu byo kuryamana ku bahuje igitsina byeze, ni nako uyu mugore witwa Alice wo mu gihugu cya Kenya yavuze ubuzima yanyuzemo n’uburyo yaje kumenya ko Pasiteri we yari umutinganyi ubwo yamukabakabaga ku gitsi1na. Uyu mugore yavuze ko yakuze asenga cyane, ndetse ko yavukiye mu muryango w’abakirisitu bityo nawe uwo muco…
Mama wa ba bana bonkejwe na Rufonsina muri firime yahishuye byinshi
•
Muri filime the forest ikomeje guca ibintu mu Rwanda no hanze harwo hagaragayemo amashusho aho Rufonsina yonsa abana babiri b’impanga, nyina wabo bana yavuze uburyo se wabo bana yamutaye agakuraho phone. Mu kiganiro bagiranye na Irene Murindahabi kuri YouTube channel yitwa MIE Empire, nibwo uyu mukobwa yavuze uburyo yahaye abana be Rufonsina arabonsa muri…
Umugabo wanjye arankubita kandi twubatse neza kuko ari imfura. Impamvu ingo z’ubu zisenyuka ndayibabwira
•
Umugore witwa Jennifer yavuze amagambo akakaye cyane aho yavuze ko abagabo benshi ari imbwa zimoka ndetse aboneraho umwanya wo kuvuga ko umugabo we amukubita ariko ko ngo babanye neza. Mu kiganiro yagiranye n’umunyamakuru Gerard Mbabazi mu kiganiro Inkuru yanjye, uyu mugore nibwo yavuze ko ngo burya umukobwa uko asa koso akwiye kujya yiyemera ndetse…