Tangira umunsi wawe n’amakuru agezweho

Tukugezaho amakuru agezweho yo hirya no hino ku isi, akazi kasohotse ndetse n’amazu, ibibanza ndetse n’imodoka bigurishwa make.

  • Amagambo 10 y’urukundo(imitoma) yatuma umukunzi wawe akwimariramo wese

    Kubwira amagambo meza umukobwa mukundana ni bimwe mu bibagarira urukundo rugakura rugatohagira.Hano twaguteguriye amwe mu magambo meza wabwira umukunzi wawe akarushaho kukwegurira umutima we: 1. Mu gihe wumva uri wenyine, ujye ureba hagati y’intoki zawe wibuke ko ariho intoki zanjye zikwirwa neza honyine kurusha uko nazifatisha hagati y’intoki z’undi muntu. 2. Ndi kumwe nawe…

  • Gakenke: Abanyeshuri 3 bari ku ishuri bakubiswe n’inkuba

    Kuri uyu wa Kane nyuma saa sita abana batatu b’abakobwa bari ku ishuri bakubiswe n’inkuba babajyana kwa muganga. Kuwa Kane tariki ya 25 Mutarama 2024, abana batatu b’abakobwa bakubiswe n’inkuba ubwo barimo gukina ku kigo cy’ishuri bigaho mu Murenge wa Rusasa, Akarere ka Gakenke mu Ntara y’Amajyaruguru. Amakuru avuga saa saba n’igice ari bwo…

  • Biratangaje! Ikigo kiri gutanga asaga Miliyoni 10 Frw ku bazareka gukoresha Telefone ukwezi kose

    Kompanyi yitwa Siggi’s Diary ikora ibikomoka ku nka yo mu mujyi wa New York, igiye guhemba abantu 10 bazabasha kumara ukwezi badakoresha telefoni za ‘Smartphones’ mu gihe cy’ukwezi. Bazahabwa ibihumbi 10 by’amadolari($10,000), aya asaga Miliyoni 12 Frw. Ese wowe urebye uburyo ukundamo telefoni yawe ya ‘smartphone’, cyangwa uburyo uyikoresha cyane, byagusaba iki ngo uyireke…

  • Undi mwana yapfuye bitunguranye ari mu ishuri

    Umunyeshuri witwa Nduwayezu Eric wigaga mu wa 5 w’amashuri yisumbuye, kuri G.S Bugumira, Umurenge wa Nkombo, Akarere ka Rusizi, mu ma saa munani z’amanywa, ku wa Gatatu tariki ya 24 Mutarama, ubwo yari mu ishuri yiga, avuye gukosora ku kibaho, yageze mu mwanya we yicaramo aragagara, bagenzi be n’ubuyobozi bw’ishuri bamujyana kwa muganga, bamugejejeyo…

  • Igisobanuro cy’izina Liliane ndetse n’uko abaryitwa bitwara

    Liliane ubwe ni amayobera kuko adakunda kwiyerekana wese hari uruhande akunda guhisha kugira ngo ashimishe abamukikije. Liliane agira ikinyabupfura ariko ashobora gutungurwa no kutoroherana. Guhorana amarangamutima ntabwo ari umwambaro ukomeye wa Liliane kandi hamwe na we byose biterwa n’igihe, Ariyizera cyane ku bintu bimwe ariko nanone akunda gutsindwa ku bindi.        Liliane…

  • Dore bamwe mu byamamare nyarwanda bitabiriye inama y’umushyikirano

    Kuri uyu wa 23 Mutarama 2024 mu nyubako ya Kigali Convention Center habereye Inama y’Igihugu y’Umushyikirano yari ihagarariwe na Perezida Paul Kagame. Ni inama yatangiyemo impanuro nyinshi zirimo kwibutsa urubyiruko ko ari umusingi w’iterambere ndetse ko rutekerazwaho n’igihugu. Aba bakobwa ni Mutesi Jolly wegukanye ikamba rya Miss Rwanda 2016, Ishimwe Naomie wabaye nyampinga 2020,…