-
Rutsiro: Rurageretse hagati y’Akarere na Gitifu w’Umurenge wirukanywe burundu
•
Akarere ka Rutsiro kirukanye burundu mu kazi uwari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Manihira, Basabose Alex, kamuziza gukora inshingano nabi. Ni mu gihe we avuga ko yarenganyijwe kandi yiteguye kwegera inzego zose zireberera abakozi ngo zimurenganure. Ibaruwa yirukana burundu Basabose Alex, IGIHE ifitiye kopi, yanditswe ku wa Gatatu, tariki 9 Mata 2025. Yashyizweho umukono n’Umuyobozi…
-
Yamaze amezi 4 yose akoresha impyiko y’ingurube yari yatewemo nyuma y’uko iye irwaye
•
Umugore w’imyaka 53, Towana Looney, yaciye agahigo ko kuba umuntu wa mbere umaranye igihe kinini urugingo rw’ingurube, aho yamaranye impyiko y’ingurube amezi ane nta kuyungururwa amaraso akeneye. Uyu mugore yahawe iyi mpyiko mu mpera za Ugushyingo 2024, aho yari yabaye umuntu wa gatatu wari uhawe urugingo rw’ingurube ku Isi. Uru rugingo yaruherewe mu bitaro…
-
Gen. Muhoozi umuhungu wa Museveni yataye muri yombi umwe mu bagenerari ba UPDF asaba abandi kurya bari menge
•
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yategetse ko Maj Gen James Muheesi atabwa muri yombi. Ku wa Gatanu tariki ya 11 Mata, Muhoozi abinyujije ku rubuga rwe rwa X yatangaje ko hari Jenerali wa UPDF yataye muri yombi. Ati: “Ejo hashize nataye muri yombi Jenerali wari umaze imyaka itatu yiba mazutu.” Yunzemo…
-
Goma: M23 yaraye irasana na FARDC na Wazalendo bashaka kwisubiza uyu mugi
•
Amakuru aturuka mu mujyi wa Goma mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, aravuga ko mu ijoro ryacyeye habayeho kurasana hagati y’inyeshyamba zo mu mutwe wa M23 n’ihuriro ry’ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Mu ma saa tanu z’ijoro ni bwo imirwano y’impande zombi yatangiye. Ni imirwano yatangiriye mu gace ka Ndosho, mbere…
-
Hamenyekanye ubundi buhemu Ububirigi bwakoreye u Rwanda cyane cyane Umwami Rudahigwa
•
Umunyamateka akaba n’umwanditsi, Lt. Col. (Rtd) Nyirimanzi Gerard, yahishuye uburyo nyuma yo kwica Umwami Yuhi V Musinga bikozwe n’Ababiligi, umuhungu we, Mutara III Rudahigwa yabinginze ngo bamuhe umugogo we ushyingurwe mu cyubahiro ndetse abahonga amafaranga menshi ariko biba iby’ubusa baranga bawujyana i Burayi. Ibi Lt Col (Rtd) Nyirimanzi yabivugiye mu gikorwa cyo kwibuka abari…
-
USA: CIA yashyize hanze amabanga ku rupfu rwa Adolf Hitler
•
Adolf Hitler benshi bamwize mu ishuri abandi babyumva ahantu hatandukanye ko uwari umuyobozi w’Ishyaka ry’aba-Nazi yapfuye yiyahuye aho bivugwa ko yanze kumanika amaboko ngo afatwe ahubwo agahitamo kwirasa umurambo we uhita ujugunywa muri aside n’abasirikare be. Mu 1945 u Budage bumaze gutsindwa intambara ya kabiri y’Isi n’ingabo z’aba-Soviyete abenshi bemeye ko umurambo wa Adolf…