-
M23 irimo kureshya abarwanyi ba Wazalendo ngo bayiyungeho. Dore ikintu gikomeye yabijeje
•
Umutwe wa M23, ubarizwa mu ihuriro rya AFC (Alliance Fleuve Congo), watangaje ku mugaragaro ko ushishikajwe no kwakira abarwanyi b’umutwe wa Wazalendo bashaka kwifatanya nawo, ubizeza kubaha imyitozo ya gisirikare mu rwego rwo kubategura gufatanya urugamba rwo “kubohora Congo”. Mu mashusho yashyizwe ku rubuga rwa X rwahoze ari Twitter, Lawrence Kanyuka, umuvugizi wa AFC/M23,…
-
Bari gukina n’umuriro bawitiranyije n’amazi: Igihano cy’akasamutwe u Bubiligi bushaka ko u Rwanda rufatirwa rugahita rubupfukamira nk’u Burundi na RDC.
•
Mu gihe isi ikomeje guhinduka ihuriro ry’amakimbirane y’inyungu hagati y’ibihugu binini n’ibito, u Rwanda rwongeye kwerekana ko atari igihugu cyoroshye gutungwa agatoki cyangwa ngo gihindurwe nk’urupapuro ryandikwaho amateka y’abandi. Mu nkuru ivugwa mu bitangazamakuru n’imbuga nkoranyambaga, haravugwa ubushake bw’u Bubiligi bwo gukumira RwandAir ngo itazongera kugera ku mugabane w’u Burayi. Ibi bibaye nyuma y’aho…
-
Se wa Moses yavuze ku magambo y’umuhungu we wavuze ko yanga Perezida Kagame
•
Kuwa 12 Mata 2025, urubuga rwa X rwahoze ari Twitter rwakongejwe n’amagambo y’uburakari n’ubugwari yatangajwe na Turahirwa Moses, umunyamideli w’icyamamare akaba n’uwashinze inzu y’imideli Moshions. Uyu musore yashyize hanze urutonde rw’impamvu 10 avuga ko zituma yanga Perezida Paul Kagame ndetse n’Inkotanyi muri rusange — amagambo yateje impaka ndende n’uburakari mu banyarwanda, by’umwihariko abacitse ku…
-
MONUSCO yavuze ku makuru avuga ko yarekuye FARDC na FDLR barenga 800
•
Umutwe wa M23 urashinja ingabo z’Umuryango w’Abibumbye ziri mu butumwa bwa MONUSCO kuba zararekuye abasirikare barenga 800 bo mu Ngabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) n’imitwe iyishamikiyeho nka FDLR na Wazalendo, bari barahungiye muri kimwe mu birindiro bya MONUSCO nyuma y’uko M23 ifashe umujyi wa Goma mu ntangiriro z’uyu mwaka.…
-
Ntazinda wari Meya w’Akarere ka Nyanza yatawe muri yombi
•
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwataye muri yombi Ntazinda Erasme wari Umuyobozi w’Akarere ka Nyanza nyuma y’amasaha make akuwe ku nshingano ze. Ni amakuru yemejwe n’umuvugizi w’urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha RIB, Dr Murangira B. Thierry, akaba yatangaje ko uyu muyobozi yatawe muri yombi kuri uyu wa Gatatu tariki 16 Mata 2025. Ati “Nibyo koko Ntazinda Erasme…
-
Abarwanyi ba AFC/M23 bafashe uduce 4 mu 8 twari twarigaruriwe na Wazalendo
•
Kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 15 Mata 2025, abarwanyi ba AFC/M23 bongeye kwigarurira uduce 4 two muri teritwari za Kalehe na Kabare (Kivu y’Amajyepfo), nyuma y’imirwano ikaze n’abarwanyi ba Wazalendo, bafatanyije n’Ingabo za Congo (FARDC). Biravugwa ko iyi mirwano yaranzwe no gukoresha intwaro ziremereye (ibisasu bya mortier) n’intwaro zoroheje, nk’uko amakuru ahaturuka abivuga,…