Miss Cadette waguze Imodoka ihenze bakabihuza no kuba yarafashe neza Davido akayimuremera, aciye impaka ibisobanura byose
•
Umunyarwandakazi Umukundwa Clemence [Cadette] , uri mu bakobwa biyambazwa cyane mu bikorwa byo kwamamaza waninjiye mu bushabitsi bushingiye ku mideli no ku mbuga nkorambaga, yagarutse ku bintu bitandukanye benshi baba bafitiye amatsiko ku buzima bwe, anamara amatsiko abamaze iminsi bibaza ko kuba yaraguze imodoka ihenze byaba bifitanye Isano no kuba yarafashe neza Icyamamare Davido ubwo…
Umuhanzi w’umunyarwanda wujuje Etaje ku Ruyenzi, yatangaje ko igikurikiyeho ari ukurongora
•
Umuhanzi w’indirimbo za gakondo, Cyusa Ibrahim, ubu ni umwe mu batunze inzu zigeretse mu Rwanda, akaba anitegura gushaka umugore uzaza bakayibanamo ngo kuko ari kuyigiriramo irungu. Cyusa ni umwe mu bahanzi bakunzwe mu njyana ya gakondo, akunze kuririmba mu misango y’ubukwe, yahiriwe n’umwaka wa 2023, urangiye atunze inzu ye igeretse yanamaze kwimukiramo. Uyu muhanzi…
Karongi: Impanuka ikomeye y’igare yahitanye umwe, babiri barakomereka bikabije
•
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 22 Ukuboboza 2023 ahagana saa Cyenda z’amanywa, mu kagari ka Kibirizi,Umurenge wa Rubengera, Akarere ka Karongi, habereye impanuka y’igare yahitanye umuntu umwe abandi babiri barakomereka. Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Iburengerazuba, Superintendent of Police (SP) Bonaventure Twizere Karekezi, yemeje iby’iyi mpanuka. Ati”Ni byo ni impanuka…
Dore ibimenyetso byakwereka ko umukobwa agukunda nta buryarya
•
Burya mu rukundo habaho ibintu byinshi bitandukanye kuba umukobwa umusabye urukundo akarukwemerera sibihagije ko wamwizera ngo aragukunda. Hari umukobwa ushobora kugukundira amafaranga cyangwa hari indi nyungu runaka agukeneyeho yamara kuyigeraho agahita akureka. Musore niba ufite umukobwa mukundana dore ibimenyetso bizakwereka ko uwo mukobwa agukunda by’ukuri. 1. Yifuza kukuba hafi iteka Ahora iteka ashaka kuba…
Osaluwe watijwe muri As Kigali akomeje gukora ibishoboka byose ngo agaruke muri Rayon Sports
•
Umunya-Nigeria, Raphael Osaluwe watijwe muri AS Kigali arifuza gusubira muri Rayon Sports afitiye amasezerano azarangirana n’uyu mwaka w’imikino. Uyu mukinnyi ukina hagati mu kibuga akomeje kwivumbura aho ari mu Ikipe y’Umujyi, agaragaza ko yifuza gusubira muri Rayon Sports cyane ko ari yo afitiye amasezerano. Uyu mukinnyi yahamirije IGIHE dukesha iyi nkuru ko imikino yo…
Yago watunguye benshi mu gitaramo cye, yahishuye impamvu yahaye ise impano y’ifoto ya perezida Kagame
•
Ubwo yari mu gitaramo cye cyabaye mu ijoro ryo kuwa Gatanu tariki 22 Ukuboza 2023 muri Camp Kigali, Nyarwaya Innocent wamenyekanye cyane ku izina rya Yago Pon Dat, yakomoje ku mpamvu y’impano yahaye ababyeyi be ko ari urukundo bakunda Perezida Paul Kagame, kandi ko Papa we yiganye na Nyakubahwa Perezida Paul Kagame. Ubwo Yago…