Kiyovu Sports yaciwe akandi kayabo na FIFA
•
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi, FIFA, ryategetse Kiyovu Sports kwishyura Umunya-Sudani, John Otenyal Khames Roba uzwi nka John Mano, arenga miliyoni 24 Frw kubera kutubahiriza amasezerano. John Mano yatangajwe nk’umukinnyi mushya wa Kiyovu Sports muri Kamena 2022 gusa batandukana atayikiniye ndetse benshi mu bakunzi b’urucaca bamuzi ku mafoto gusa kuko bamuheruka icyo gihe. Ibaruwa…
Udushya 7 twaranze amatora ya perezida muri Congo Kinshasa
•
Mu gitondo cyo kuri uyu wa 20 Ukuboza 2023, muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo habaye amatora y’Umukuru w’Igihugu. Yagombaga gutangira saa moya z’igitondo (ku isaha y’i Kigali) ariko kuri site nyinshi byageze saa tanu igikorwa kitaratangira. Abatora benshi bageze kuri site mu bice bitandukanye z’igihugu uhereye i Kinshasa, basanga ibyumba by’itora bifunze, ibindi…
Mugunga Yves wandikiye Kiyovu asaba gusesa amasezerano yafatiwe imyanzuro
•
Ikipe ya Kiyovu Sports yahagaritse rutahizamu wayo, Mugunga Yves, wari wayandikiye asaba gusesa amasezerano bafitanye kubera kutamuhemba amezi atatu no kumuha sheki itazigamiye. Tariki 12 Ukuboza ni bwo Kiyovu Sports yandikiye Mugunga Yves ibaruwa imusaba ibisobanuro nyuma y’iminsi ine atitabira imyitozo kandi nta ruhushya abifitiye. Iyi baruwa yagiraga iti “Tukwandikiye mu rwego rwo kugusaba…
Akayabo The Ben yishyuye ku modoka yagenzemo ajya gusaba no gukwa Miss Pamella kamenyekanye
•
Umushoferi watwaye The Ben mu mudoka ya ‘Barbus’, yatangaje ko ku munsi umwe gusa iyi modoka ikodeshawa amadorali 1,000 ni ukuvuga arenga 1,200,000 Rwf. Ni mu muhango wo gusaba no gukwa wabaye tariki uyu wa Gatanu tariki 15 Ukuboza 2023, aho The Ben yagiye gutanga inkwano mu muryango wa Uwicyeza Pamela. Tubibutse ko imodoka…
Nyanza: Umukobwa wari urangije amashuri yisumbuye yishwe urwagashinyaguro n’umugabo wamuhamagaye ngo amubikurire amafaranga
•
RIP Mutuyimana Afisa : Umukobwa wari urangije amashuri yisumbuye yishwe n’umugabo urwagashinyaguro. Mu karere ka Nyanza mu murenge wa Mukingo, humvikanye inkuru mbi ku mwana w’umukobwa wari usoje amashuri y’isumbuye. Uyu mwana w’umukobwa witwa Mutuyimana Afisa uri mu kigero k’imyaka 24 nibwo yari asoje amashuri yisumbuye gusa yari yarahisemo kuba akora akazi ko gucuruza…
Dore uko Kigali iri kugaragara nijoro muri iyi minsi ishyira impera z’umwaka – AMAFOTO
•
Abagenda ndetse n’abatuye muri Kigali bakomeje gutangarira uburyo uyu murwa warimbishijwe muri iki gihe cy’iminsi mikuru [AMAFOTO] Mu mpera z’umwaka bimaze kuba akamenyero ko imwe mu mihanda n’imiturirwa b’ikigali biba bishashagirana mu rwego rwo kurushaho kugaragaza neza umujyi cyane cyane mu gihe cya n’ijoro. Kuri ubu iyo utembereye imwe mu mihanda ukitegereza nimwe mu…