Umukoba wa Samuel Eto’o yamureze mu rukiko
•
Umukobwa mukuru wa Samuel Eto’o uyobora Ishyirahamwe rya Ruhago muri Cameroun, Annie Eto’o, yajyanye se mu nkiko nyuma yo kugaragaza ko yanze kumurera kandi ari umwana we. Annie w’imyaka 21 yatangiye kurega umubyeyi we agendeye ku bisubizo bya ADN byagaragaje ko ari we Se. Uyu mwana w’umukobwa yabyawe n’umugore w’Umutaliyani, Anna Maria Barranca, waryamanye…
Imana ibakire mu bayo! Imodoka y’ikipe yakoze impanuka ikomeye, hapfa umukinnyi n’umutoza abandi barakomereka
•
Amarira n’agahinda ni byose ku bakunzi b’umupira w’amaguru mu gihugu cya Algeria, aho Imodoka y’ikipe ya MC El Bayadh ikina shampiyona y’icyiciro cya mbere yakoze impanuka umukinnyi n’umutoza bagahiita bapfa naho abandi bakinnyi 11 barakomereka bikabije. Ibi byabaye kuwa Gatatu tariki ya 20 Ukuboza 2023, ubwo iyi kipe yari iri mu rugendo rugana mu…
Mr Ibu wamamaye muri Cinema ya Nigeria yaciwe ukuguru
•
Umukinnyi w’icyamamare muri sinema ya Nigeria, Nollywood, John Okafor, wamamaye nka Mr Ibu yaciwe ukuguru nyuma y’amezi abiri yari amaze ahanganye n’uburwayi bwo kuvura kw’amaraso ku bice by’amaguru. John Okafor w’imyaka 62, byari byatangajwe ko agiye gucibwa amaguru yombi gusa ibi byamaganiwe kure n’umukobwa we Valatine Okafor, avuga ko umubyeyi we yaciwe ukuguru kumwe.…
Rayon Sports yahaye umugisha umutoza Mohamed Wade ihagarika ibyo gushaka umutoza mushya
•
Umunya-Mauritania Mohamed Wade utoza Rayon Sports by’agateganyo kuva tariki ya 11 Ukwakira 2023, agiye kugirwa Umutoza mukuru. Mohamed Wade yafashe inshingano zo gutoza Rayon Sports nk’Umutoza Mukuru w’Agateganyo tariki 11 Ukwakira mu mukino w’Umunsi wa Kane wa Shampiyona, Gikundiro yatsinzemo Etoile de l’Est ibitego 2-1 kuri Kigali Pelé Stadium. Guhera icyo gihe, Rayon Sports…
Vestine na Dorcas bagiye gutaramira i Bujumbura
•
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 20 Ukuboza 2023, itsinda ry’abaramyi rizwi nka ‘Vestine na Dorcas’ bari kumwe n’umujyanama wabo akaba n’umunyamakuru, Murindahabi Irene berekeje i Bujumbura. Mbere y’uko bahaguruka i Kigali, Murindahabi yabwiye IGIHE ko aba bahanzikazi biteguye gukorera i Burundi igitaramo gikomeye cyane ko ari ubwa mbere bagiye gutaramira hanze y’u Rwanda.…
Nyanza: Abakoze 4 ba RAB baguye mu kigega cy’amazi
•
Abakozi bane b’Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Ubuhinzi n’Ubworozi (RAB) baguye mu kigega cy’amazi (tank) akoreshwa mu kuhira, giherereye mu karere ka Nyanza, mu Murenge wa Kibirizi, Akagari ka Mututu,mu Mudugudu wa Kabeza. Ni amakuru yamenyekanye kuri uyu wa 20 Ukuboza 2023 mu masaha y’umugoroba, aho abatekinisiye bageragezaga gusana moteri izamura amazi, byarangiye baheze mu kigega…