Zari yahishuye icyatumye asiba amafoto y’umugabo we ku mbuga nkoranyambaga
•
Umuherwekazi utuye muri Afurika y’Epfo ariko uvuka mu gihugu cya Uganda, Zari Hassan, yasobanuye impamvu yasibye amafoto ku mbuga nkoranyambaga y’umugabo we, Shakib Lutaaya. Mu minsi mike ishize, abakurikira uyu mugore ku mbuga nkoranyambaga bacitse ururondogoro ubwo bajyaga kubona bakabona asibye amafoto yose y’umugabo we ku mbuga nkoranyambaga ze. Bahise batangira gukeka ko muri…
Ese ni ubuhanuzi busohoye? Papa Francis yakoze ikintu abantu batatekerezaga
•
Kuri uyu wa mbere tariki ya 18 Ukuboza 2023, Umushumba wa kiliziya Gatorika,Papa Francis yemereye abapadiri guha umugisha ababana bahuje ibitsina, ku mpinduka zikomeye mu nyigisho za Vatikani. Ibi bibaye mu gihe ubusanzwe muri Kiiriziya Gatorika,ishyingirwa ryemewe ryari iry’umugabo n’umugore gusa, batemerega ishyingirwa ry’abahuje ibitsinda. Mu Kwakira uyu mwaka Papa Francis yabaye nk’uca amarenga …
Mourinho yakinnye ku mubyima ikipe avuga ko yamubabaje kurusha izindi kuva yatoza
•
Umutoza Jose Mourinho yongeye kugaragaza agahinda gakomeye yatewe no kwirukanwa na Tottenham aho yayise ikipe ifite ’“icyumba kitarimo igikombe na kimwe.” Nyuma yo kumwirukana habura iminsi mike ngo ayitoze ku mukino wa nyuma w’igikombe cya Carabao muri Mata 2021,Mourinho ntasiba kwibasira cyane Tottenham. Uyu mutoza w’umunya Portugal yirukanwe muri iyi kipe yo mu majyaruguru…
Ntakuryama: Rayon Sports yakoreye abakinnyi ikintu gitunguranye, FERWAFA itangaza igihe kugura abakinnyi bizasubukurirwa
•
Ikipe ya Rayon Sports yasubukuye imyitozo yitegura imikino yo kwishyura ya Shampiyona y’u Rwanda mu gihe bamwe mu bafana bari bazi ko abakinnyi bagiye mu kiruhuko. Imyitozo yabereye kuri SKOL Stadium mu Nzove kuri uyu wa Mbere tariki 18 UKUBOZA 2023 Rayon Sports ivuga ko abakinnyi batakoze imyitozo ari Aruna Musa MADJALIWA: Akomeje kwivuza…
U Rwanda rwungutse aba-General 17 bashya
•
Perezida wa Repubulika Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda yazamuye mu ntera abasirikare 727 barimo abari ku rwego rw’abajenerali. Abasirikare 4 bari bafite ipeti rya Brigadier General bahawe ipeti rya Major General, Abasirikare 17 bari bafite ipeti rya Colonel bahawe ipeti rya Brigadier General. Abasirikare 83 bari bafite ipeti rya Lieutenamt colonel…
Umusore yavumbuye ko umukobwa bagiye gusezerana yasambanye, amukorera ibyo atazibagirwa ku munsi w’ubukwe bwabo
•
Mu gihugu cya Nigeria hakomeje kuvugwa inkuru yatumye benshi bacika ururondogoro, aho umusore yahakanye gukora ubukwe ku munsi bwari kuberaho kubera ko yavumbuye ko umukobwa yari agiye gushaka yasambanye n’undi musore mu minsi mike yari ishize. Ubukwe bw’aba bombi bwari buteganijwe ku wa gatandatu, tariki 16 Ukuboza 2023. Nk’uko uwatanze amakuru yabitangaje, uwahoze ari…