Bakomeje kwibaza byinshi ku musaza w’imyaka 110 wishe umugore we w’imyaka 109 amuhora guera akabariro
•
Abantu uruhuri bakomeje kugaragaza ukuntu batunguwe bikomeye no kumva inkuru y’umusaza w’Imyaka 110 y’amavuko wo mu Karere ka Ntungamo muri Uganda, akurikiranweho kwica umugore we, Bakasisa Constansio w’imyaka 109, amuziza ko yanze ko batera akabariro. Ikinyamakuru Chimpreports cyandikira muri icyo gihugu, ku wa 17 Ukuboza 2023 cyatangaje ko uwo musaza witwa Babiiha Dominic, yishe umugore…
Muyango witegura kurongorwa na Kimenyi Yves yakorewe ibirori byo gusezera ku Urungano [AMAFOTO]
•
Uwase Muyango Claudine witegura ubukwe bwe na Kimenyi Yves, yakorewe ibirori bisezera ubukumi bizwi nka ‘Bridal Shower’. Ibi birori byabaye ku mugoroba tariki 16 Ukuboza 2023. Ari kumwe n’inshuti ze za hafi, Muyango Claudine yasomye ubutumwa yandikiwe na Kimenyi Yves agira ati “Warakoze cyane mukundwa ku myaka yose ishize, uri umugore mwiza ntigeze ndota…
Dore ibanga ryavumbuwe rituma buri mugore agomba kwihutira guca imyeyo
•
Guca imyeyo [GUKUNA] ni igikorwa cyakorwaga mu muco nyarwanda ndetse n’ubu kikitabirwa na bamwe mu bakobwa, bikaba byarakorwaga bakurura kimwe mu bice bigize imyanya y’ibanga y’abagore [Imishino], bikaba kandi byarahabwaga agaciro gakomeye bitewe n’umuco. Intandaro yo kubyita guca imyeyo, ni uko iyo abakobwa bajyaga mu gashyamba bagiye kureba imikubuzo[imyeyo] yo gusukura mu rugo no…
Ingabo za EAC ntiziyumvisha uko zakirukanwa zigasiga muri Kivu hari imirwano
•
Ubuyobozi bw’ingabo z’umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EACRF) bwatangaje ko nubwo Leta ya Congo Kinshasa itashimye ko izi ngabo zikomeza akazi ko kubungabunga amahoro mu bice bitandukanye by’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru, bishimira ko mu gihe bari bahamaze bagerageje guhagarara hagati bigatuma imirwano itagira ubukana, bakagaragaza impungenge z’uko urujya n’uruza rwahagaze mu mihanda iva mu zindi…
Hatangajwe impamvu Indege Ya Kenya Airways Yananiwe Kugwa Ku Kibuga Mpuzamahanga I Kanombe Isubizwa Muri Kenya
•
Ku munsi w’ejo ku Cyumweru tariki ya 17 Ukuboza 2023, Indege ya Kenya Airways yagombaga kugwa i Kigali ahagana saa mbili za mu gitondo ubwo yari igeze mu kirere cya Kigali igerageza kururuka inshuro ebyiri biranga maze isubira i Nairobi igwayo neza hafi saa yine z’igitondo, nk’uko iyo kompanyi y’indege yabitangaje. Binyuze ku rubuga…
Bruce Melody ahishuye ko atakwamamaza indirimbo ya The Ben – IMPAMVU
•
Umuhanzi Bruce Melodie uri muri Leta zunze ubumwe z’Amerika mu bitaramo no kwamamaza ‘When She’s Around’, yakoranye na Shaggy,yavuze ko atakwamamaza indirimbo ya The Ben kuko ngo nawe atamamaza indirimbo ze. Uwitwa Semitego Muzafaru uzwi nka ddumba.a yakoze ikiganiro kigufi kuri Instagram, atumiramo Bruce Melodie. Mu bibazo yamubajije, harimo n’impamvu atashyize indirimbo ya The…