Harakekwa icyihishe inyuma y’urupfu rw’umupolisikazi, wapfuye bitunguranye
•
Umupolisikazi wakoreraga mu karere ka Rwamagana yapfuye urupfu rw’amayobera, aho bivugwa ko umunsi apfa yari yabanje no gukora akazi, bikaba bikomeje guhwihwiswa ko yaba yararozwe biturutse ku mashyari yagiriwe mu kazi. UMUSEKE dukesha aya makuru uvuga ko umupolisikazi witwa Uwanzige Annysie, wakoreraga kuri polisi sitasiyo ya Rwamagana, yapfuye urupfu rutunguranye kandi rw’amayobera. …
Sherrie yamaze amatsiko abamwibajijeho byinshi, ku kuba yarateze moto ari icyamamare
•
Nyuma yo kugaragara agenda ku ipikipiki abantu bagatungurwa, abandi bakumirwa nk’uko bakomeje kubigaragaza, icyamamare akaba umubyinnyikazi Sherrie Silver uri mu bafite izina rikomeye ku Isi, yavuze ko indege yari igiye kumusiga akabona ntakindi cyahamugeze byihuse atari ipikipiki. Sherrie Silver yateze moto ubwo yari avuye mu gitaramo yasusurukijemo abantu muri BK Arena, yerecyeza ku kibuga cy’Indege.…
Nyabugogo: Habonetse imibiri y’abishwe muri Jenoside yakorewe abatutsi 1994
•
Ku wa Gatatu tariki ya 06 Ukuboza 2023, Ni bwo mu mudugudu w’Umutekano, Akagari ka Nyabugogo mu Murenge wa Muhima mu Mujyi wa Kigali, hatangiye igikorwa cyo gushakisha imibiri y’abishwe muri Jenoside Yakorewe Abatutsi mu 1994. Iki gikorwa cyahise kibonekeramo imibiri 15 yari mu nkengero z’umuhanda werekeza kuri gare ya Nyabugogo, imbere y’isoko ryo…
The Ben wahoze muri Korari, yasubije amaso inyuma kubera ubukwe ari gutegura, atangira kwiyiriza yinginga Imana mu masengesho
•
Umuhanzi w’umunyarwanda The Ben uri gutegura ubukwe bwe na Pamela yahishuye ko guhera mu ijoro ry’itariki 08 Ukuboza 2023, yatangiye amasengesho yihariye yo kwiyiriza asengera ubwo bukwe buzaba mu Cyumweru gitaha. Tariki 15 Ukuboza 2023 azasaba nyuma akwe mu birori bizabera mu ihema riri ku Intare Conference Arena mu gihe tariki 23 Ukuboza 2023 muri…
Kamonyi: Umukozi wo mu rugo yafatiwe mu cyuho asambanya umwana mu kanwa
•
Ubuyobozi bw’akarere ka Kamonyi buremeza ko hari umusore washyikirijwe RIB wakoraga akazi ko mu rugo ushinjwa gusambanya mu kanwa umwana w’umuhungu w’imyaka itanu. TV1 dukesha iyi nkuru ivuga ko, uyu yatawe muri yombi nyuma y’aho ababyeyi b’uwo mwana bamujyanye kwa muganga akabasobanurira ko uwo musore yajyaga amushyira igitsina mu kanwa. Ingingo ya 133 mu…
FERWAFA yasabye amakipe kugarura amafaranga yari yayihaye ivuga ko habayeho kwibeshya
•
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryandikiye amakipe asaga 13 iyasaba ko yasubiza amafaranga yahawe habayeho kwibeshya. Ni mu rwandiko ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ryandikiye aya makipe agera kuri 13 tariki 6 Ukuboza uyu mwaka. Aya makipe ni Indahangarwa WFC, Gatsibo Nasho, Sporting Academy, Tigers, Ndabuc, APAER, Fatima, Bridge, Kayonza, As Kabuye, Macuba UR CMHS,…