Umutoza wa Argentine afitanye amasinde na Lionel Messi ashobora kuvamo kureka kuyitoza
•
Umutoza w’ikipe y’igihugu ya Argentine, Lionel Scaloni ashobora kureka kuyitoza bitewe n’ibibazo afitanye na Kapiteni wayo, Lionel Messi. Uramutse uvuze ko ikipe y’igihugu ya Argentine ariyo iyoboye andi makipe y’ibihugu mu kugira imibare myiza muri iyi imyaka 3 iheruka ntabwo waba ubeshye. Batwaye igikombe cya Copa America muri 2021,batwara Finalissima ya 2022 ndetse banatwara…
Ujya urota urimo kurwana? Sobanukirwa byinshi kuri izi nzozi
•
Abantu bagira inzozi zitandukanye zirimo kurota barwana cyangwa bahanganye n’abandi, bikaba byatera imirwano ya nyayo mu buriri, uwarotaga arwana agakubita uwo bararanye. Guy Counseling itangaza ko kurota urwana bikunze kugaragaza byinshi ku muntu birimo kudatekana mu mutima, ubwoba bukabije, kuba uzengurutswe n’abanzi, kwibuka ibihe wanyuzemo birimo nk’intambara, kuba wirirwa mu bintu bifite aho bihuriye…
Uturere 7 twayoborwaga n’abayobozi b’agateganyo twamaze kubona ba Meya bashya – AMAZINA + AMAFOTO
•
Uyu munsi mu turere habaye amatora yo gusimbuza abajyanama bavuye mu nshingano ndetse hanatorwa abayobozi bashya b’uturere twayoborwaga n’abayobozi b’agateganyo. Kuri uyu wa Kane tariki ya 7 Ukuboza 2023 ,habaye amatora mu Nzego z’ibanze yo gusimbuza abajyanama rusange batowe mu mwaka wa 2021 ariko bakaba baravuye mu nshingano kubera impamvu zitandukanye . Uturere 7…
Ubwongereza bwahaye u Rwanda miliyoni £100(angana na miliyari 156Frw) y’inyongera mu kunoza gahunda y’abimukira
•
Ubwongereza bwahaye u Rwanda izindi miliyoni 100 z’amapawundi (angana na miliyari 156Frw) uyu mwaka, bijyanye n’amasezerano yabwo yo kwimurira mu Rwanda abasaba ubuhungiro. Izo miliyoni zatanzwe muri Mata (4) uyu mwaka, nkuko byavuzwe n’umukozi wa leta wo ku rwego rwo hejuru wo muri minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu y’Ubwongereza, mu ibaruwa yandikiye abadepite. Ni nyuma yuko…
Imuyobozi Wa APR FC Yasobanuye Impamvu Umutoza Froger adashobora guhita yirukanwa nk’uko bamwe babyifuza
•
Umuyobozi wa APR FC, Lt Col Richard Karasira, yasubije abibaza ku hazaza h’umutoza Thierry Froger ko azasoza amasezerano ye y’umwaka yahawe. Ibi yabitangaje kuri uyu wa Kane mu kiganiro n’itangazamakuru yavuze ku ngingo nyinshi zitandukanye Ku mutoza yagize ati ” Umutoza turamwishimiye kuko ni uwa mbere muri shampiyona, mu mezi 4 cyangwa 5 ntabwo…
M23 ivuga ko FARDC ari yo ituma bigarurira uduce runaka
•
Umuvugizi wa M23 yatangaje ko nta ntego uyu mutwe ufite yo kwigarurira ibice bitandukanye muri RDC ahubwo uko ingabo z’igihugu zibateye bagerageza kwirwanaho bakazirukana ndetse bakagerageza kurinda abaturage. Mu kiganiro na BBC,Willy Ngoma abajijwe niba bashaka gukomeza bagana i Goma mu burasirazuba, yabihakanye avuga ko baba badashaka gufata ibice. Yagize ati:“Twebwe ntabwo twashakaga gufata…