-
APR FC yatandukanye n’umutoza wayo Mukuru Darko Novic
•
Kuri uyu wa Kabiri, ikipe ya APR FC yatandukanye n’uwari umutoza wayo mukuru Umunya-Serbia Darko Novic. Amakuru Kigali Today ifitiye gihamya yemeza ko APR FC yamaze gutandukana na Darko Nović nyuma y’umwaka umwe w’imikino asinye amasezerano yagombaga kuzageza mu 2026, hakabamo n’ingingo yo kuba yakongerwaho undi mwaka. Uyu mugabo kandi agomba kugenda ajyanye n’abatoza…
-
Abakobwa / Abakobwa: Niba wibonaho utu tuntu 3 menya ko uri umunyamahirwe – Impamvu
•
Abagore cyangwa abakobwa baremwe mu buryo bugaragara ko butandukanye n’ubwa basaza babo, niyo mpamvu utu tuntu 3 tugiye kukubwira nutwibonaho uraba uri umunyamahirwe kuko tutaba kuri benshi. Hari utuntu tuba ku mibiri y’ab’igitsina gore bigoye cyane kubona ku bagabo, ari nayo mpamvu bivugwa ko utwifiteho twose cyangwa kamwe muri two afatwa nk’umunyamahirwe. Muri iyi…
-
Niba ujya ukoresha tefoni mu bwiherero dore ibintu bibi cyane bizakubaho
•
Ubushakashatsi bw’Ikigo cy’Ikoranabuhanga, NordVPN, bwagaragaje ko 53.4% by’abatuye Isi bagirwaho ingaruka no gukoresha telefone mu bwiherero, u Buhinde bukiharira miliyoni 750 z’ababaswe n’uwo muco. Umuganga mu bitaro bya Gleneagles muri Mumbai, Dr Manjusha Agarwal, yavuze ko gutinda wicaye mu bwiherero [Toilet] byongera ibyago byo gukwirakwiza no kurwara indwara ifata mu kibuno bakunze kwita karizo…
-
Senateri Mureshyankwano yashinje umugi wa Kigali kuba mu bateza imyubakire y’akajagari anawunenga kugira raporo yuzuyemo “Biragayitse”
•
Senateri Mureshyankwano Marie Rose, yatangajwe n’uburyo muri Raporo y’Umugenzuzi w’Imari ya Leta y’umwaka warangiye muri Kamena 2024, Umujyi wa Kigali ufite ‘Biragayitse’ zirenga eshanu kandi ari wo ufite abakozi bafite ubumenyi n’ubushobozi yewe banahembwa neza kurusha abandi ugereranyije n’utundi turere. Senateri Mureshyankwano, yavuze ko bitumvikana ukuntu Umujyi wa Kigali ufite ‘Biragayitse’ nyinshi kandi ari…
-
Dore ikintu cyatunguye benshi mu rubanza uwari Meya wa Nyanza Ntazinda yaburanyemo ifungwa n’ifungurwa
•
Ubwo uwari meya w’akarere ka Nyanza yagezwaga mu Rukiko rw’ibanze rwa Kicukiro ngo aburane ku ifungwa n’ifungurwa by’agateganyo, uwo benshi bavuzeho kuba inshoreke ye ntiyigeze agaragara mu bantu baje gushyigikira uyu mugabo mu rukiko ubwo yari agiye kuburana. Abantu benshi bari baje gukurikirana urubanza rw’uwahoze ari Meya w’akarere ka Nyanza Ntazinda Erasme bari bategereje…
-
Corneille Nangaa yahishuye ikosa rikomeyeLeta yakoze anahishura ikintu Abanye-Congo benshi batari bazi
•
Umuyobozi mukuru w’impuzamashyaka ya Alliance Fleuve Congo (AFC) irimo M23 na Twirwaneho, Corneille Nangaa, yatangaje ko buri Munye-Congo wese afatwa nk’umunyamuryango w’iri huriro. Ibi yabivugiye mu kiganiro yagiranye n’umunyamakuru wigenga w’Umunyekongo, Steve Wembi. Mu magambo ye, Nangaa yagize ati: “Niba utabizi, Abanye-Congo bose ni abanyamuryango ba AFC/M23.” Yahise yongeraho ko impinduka zatangiye kandi…