Tangira umunsi wawe n’amakuru agezweho

Tukugezaho amakuru agezweho yo hirya no hino ku isi, akazi kasohotse ndetse n’amazu, ibibanza ndetse n’imodoka bigurishwa make.

  • Musanze: Abana bakuwe mu ishuri kugira ngo bajye kwirukana inkende

    Abaturage batuye mu karere ka Musanze mu murenge wa Kinigi hafi ya pariki y’ibirunga bahangayikishijwe n’abana bavuye mu ishuri bakajyanwa mu mirimo yo kurinda no gukumira inyamaswa zituruka muri parike y’ibirunga zije kona mu mirima y’ibirayi. BTN dukesha iyi nkuru yageze mu mirima y’ibirayi ibona imimerere mibi aba bana babayemo aho batajya bugama n’imvura…

  • polisi FC ihishuye icyatumye Usengimana atabona amahirwe yo kujya gukina muri Nantes yo mu Bufaransa

    Ubuyobozi bw’ikipe ya Police FC bwavuze ko butigeze bwanga gutanga urupapuro rwo kurekura Danny Usengimana, ahubwo bamusabye kwandika Email arusaba arabyanga birangira bipfuye. Mu kiganiro Umunyamabanga wa Police FC, CIP Claudette Umutoni, yahaye Radio Rwanda, yavuze ko Usengimana bamusabye kwandika Email asaba urwandiko rumurekura biramunanira. Ati Uyu mukinnyi yanyandikiye kuri Whatsapp aho mbereye umunyamabanga…

  • Igits1na cy’umugabo cyaheze mu mwobo yicukuriye kubera impamvu itangaje

    Umugabo yajyanwe mu bitaro igitaraganya nyuma y’uko igits1na cye gifashwe mu mwobo w’urugi yacukuye ngo ajye yishimishe mu gutera akabariro n’umugore we. Umugabo witwa Erik yashatse gutera akabariro n’umugore we Katie binyuze mu mwobo bacukuye ku rugi ngo uyu mugabo ajye anyuzamo igitsina birangira gifashwemo cyanga kuvamo. Nk’uko Dictionary.com ibivuga,benshi mu bagabo bo mu…

  • APR FC yatsinze Sunrise ihita ifata umwanya wa mbere by’agateganyo

    Ikipe ya APR FC yatsinze Sunrise FC igitego 1-0 iyisanze ku kibuga cyayo i Goligota,ihita ifata umwanya wa mbere muri shampiyona y’igihugu. Uyu mukino w’ikirarane,APR FC yawukinnye ibizi neza ko niwutsinda irafata umwanya wa mbere,birangira ibigeze. Igitego cya APR FC cyatsinzwe na Victor Mbaoma ku munota wa 82 kuri penaliti nyuma y’aho Mugisha Gilbert…

  • Dore ibimenyetso 5 byakwereka ko uri mu rukundo rw’ikinyoma

    Kuri iki gihe biragoye kumenya umuntu ukubwiza ukuri cyangwa se ukubeshya mu rukundo ariko hari ibintu umuntu ukubeshya mu rukundo udashobora kumuburaho kabone n’iyo yaba azi kwiyoberanya. Bimwe mu bintu bitandukanye byakwereka ko uri mu rukundo rw’ikinyoma kandi ko uwo mukundana akubeshya, atagukunda ahubwo ashobora kuba afite undi akundana, cyangwa afitiye ibyiyumviro biruta ibyawe…

  • Bruce Melody yahishuye uko yigeze kubura itike yo kwinjira mu gitaramo

    Umuhanzi Itahiwacu Bruce wamenyekanye cyane mu muziki nka Bruce Melodie kuri ubu uherereye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu bitaramo agiye guhuriramo n’umunyabigwi Shaggy, yahishuye ko mu mwaka wa 2008 yigeze kubura amafaranga yo kwishyura tike yo kumujyana mu gitaramo cya Shaggy yakoreye i Kigali. Ibi Melodie yabitangaje ubwo yari mu kiganiro Kidd…