Habonetse ushinja CNDD FDD kwica uwari Perezida w’Uburundi, Pierre Nkurunziza
•
Umunyamakuru w’umurundi akaba n’umuyobozi mukuru wa Radio RPA ikorera mu buhingiro, Bob Rugurika, yemeje ko uwahoze ari perezida w’u Burundi, Peter Nkuruziza yishwe arozwe n’aboyobozi bo mu ishyaka rya CNDD FDD, ariko bakabeshya ko yishwe na COVID 19. Bob Rugurika, yabitangaje ubwo yari afite ikiganiro n’Abanyamakuru kuri uyu wa 27 Ugushyingo 2023, aho yahise…
Gicumbi: Umwana w’imyaka 8 yishe umuvandimwe we w’imyaka 5
•
Mu karere ka Gicumbi umwana w’imyaka umunani yishe murumuna we w’imyaka itanu nyuma yo kumukubita isuka barimo bakinisha. Ku mu goroba wo kuri uyu wa 27 Ugushyingo 2023, umwana w’umukobwa w’imyaka umunani warimo akina na musaza we w’imyaka itanu, bakinishije isuka kugeza ubwo yayimukubise ahasiga ubuzima. Ibi byabereye mu Karere ka Gicumbi mu Murenge…
Abahanzikazi babiri bakunzwe cyane mu Rwanda no mu Burundi, bagiye gutaramira i Bujumbura
•
Itsinda ry’abahanzi b’umuziki wo kuramya no guhimbaza Imana rya ‘Dorcsa na Vestine’ rigiye kwizihiza Noheli n’abakunzi baryo b’i Bujumbura mu gihugu cy’u Burundi mu gitaramo giteganyijwe ku wa 23 Ukuboza 2023. Ni igitaramo cya mbere aba bahanzikazi bagiye gukorera hanze y’u Rwanda bikaba byitezwe ko kizabera mu Mujyi wa Bujumbura. Iki gitaramo cyemejwe…
Bagombaga kumenya ko ntari Imana! Yongwe yakuriye inzira ku murima abakomeje kumushinja kubarya utwabo abizeza kubakorera ibitangaza
•
Harelimana Joseph uzwi nka Apotre Yongwe yongeye kujya imbere y’Urukiko aho yaburanye ku bujurire ku ifungurwa ry’iminsi 30 y’agateganyo, yiregura avugako abakomeje kuvuga ko yabasezeranyaga kubakorera ibitangaza, atari we ukora ibitangaza ngo ahubwo yabasengeraga asaba Imana ko yabakorera ibitangaza nk’uko na we ubu ari kwisengeraa muri iyi minsi ngo igire icyo yamukorera. Urubanza rw’ubujurire…
Minisitiri Watanze Amabwiriza Yo Gushyira Icupa Mu Kibuno Cy’umusore, Yirukanywe
•
Uwari Umunyamabanga wa leta uri Minisiteri ishinzwe itegeko nshinga n’amategeko Pauline Gekul, wari uherutse kuvugwaho gutoteza umusore ndetse akanategeka ko bamushyira icupa mu kibuno yirukanywe na Perezida Samia. Mu gihugu cya Kenya, Kuri uyu wagatandatu tariki ya 25 Ugushyingo 2023, ni bwo hasohotse itangazo rivuye mubiro bya Perezida Samia ryari rigenewe itangazamakuru rivuga ko uwari…
Birababaje! Abaturage basanze Patrick yishe nyina kubera atatetse ubugali, na we bihita bamwica
•
Abantu benshi bakomeje kuvuga byinshi bitandukanye, nyuma yo kumva inkuru yabashenguye imitima, aho umusore witwa Patrick Irungu wo mu gihugu cya Kenya, yasanze nyina yatetse ibitoki aho guteka ubugali ahita amwica, maze abaturage barakubita kugeza na we ashyizemo umwuka. Biravugwa ko uyu musore yari mu kigero ki myaka 36, akaba yarishe nyina witwa Wagdalen…