Abakoze amanyanga muri gahunda yo guhitamo abana bajya muri Academy ya Bayern Munich batangiye gusogongera ku ngaruka zikakaye
•
Nyuma y’uko havumbuwe amwe mu manyaga yakozwe ubwo hatoranywaga abana bajya muri Academy ya Bayern Munich, ndetse bamwe bagatangira gukurikiranwa, Ubu Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro rwanzuye ko Umutoza Leon Nisunzumuremyi; Data Manager mu Murenge wa Kinyinya, Karorero Aristide na Rugendoruhire Marie Rose ushinzwe Irangamimerere mu Murenge wa Gahanga bashinjwa guhindura imyaka y’abana ngo bajye…
I Gicumbi, Umusore yateye umukobwa inda arangije arongora undi mugore ariko ibyo yamukoreye yihimura biteye ubwoba
•
Mu karere ka gicumbi haravugwa inkuru y’umukobwa w’imyaka 20 watwitse umugabo n’umugore bari bamaze igihe gito bashyingiranywe, aho ashinja uyu mugabo kuba yaramuteye inda. Byabereye mu Mudugudu wa Rugerero, Akagari ka Gashirira ho mu Murenge wa Ruvune, mu masaha ya saa moya n’igice z’ijoro kuri uyu wa 21 Ugushyingo 2023. Amakuru dukesha abaturanyi…
Dore ibyo Miss Jolly yasubije abamushinja gutuka abagabo ko ari ‘Inyana z’Imbwa’
•
Miss Mutesi Jolly wabaye Nyampinga w’u Rwanda 2016, yavuze ko abababajwe n’amagambo yigeze kuvuga ku bantu b’imburamukoro abagereranya n’inyana z’imbwa nabo ubwabo bashobora kuba bafite ikibazo. Yabigarutseho nyuma yo kwibasirwa n’umwe mu bakoresha urubuga rwa Twitter. Byari nyuma y’ubutumwa uyu muntu yibaza ku gihembo Miss Jolly yegukanye muri Zikomo Africa Awards, mu cyiciro cya…
Congo: Abantu 37 bapfuye ubwo bari aho batoranyirizwa mbere yo kwinjira mu gisirikare
•
Abantu 37 bapfuye bazira umubyigano ubwo bari mu gikorwa cyo gushaka kwiyandikisha kwinjira mu gisirikali muri Repubulika ya Kongo. Uku kwiyandikisha kwaberaga kuri sitade ya Brazzaville nk’uko byemeza n’abategetsi muri icyo gihugu. Mu cyumweru gishize leta yari yasohoye itangazo rivuga ko iteganya kwinjiza mu gisirikari abantu 1,500 bari hagati y’imyaka 18 kugera kuri 25.…
Mu gahinda kenshi umutoza wa Afurika y’Epfo yatsinzwe n’Amavubi ku munsi w’ejo yatangaje icyamushenguye
•
Umutoza w’Ikipe y’Igihugu ya Afurika y’Epfo “Bafana Bafana”, Hugo Broos, ntiyishimiye gukinira mu Majyepfo y’u Rwanda nyuma yo gutakaza amanota 3 cyane ko yatsinzwe n’Amavubi ibitego 2-0. Nyuma yo gutsindirwa i Huye,uyu mugabo wari wananenze iki kibuga mbere yavuze ko kugenda amasaha atatu bavuye ku kibuga cy’indege bitari bikwiriye muri 2023. Yagize ati “Kugenda…
Birangiye yigereye kwa Perezida! Umugabo warahiriye kugeza ikibazo cy’umwana we kuri perezida Kagame, yamaze kugera kuri Perezidanse
•
Izabitegeka Innocent, umubyeyi wa Ishimwe Innocent wabonye amahirwe yo kujya muri Academy ya Bayern Munich ariko akavuga ko yarenganyijwe, yavuzeko yavuye Kacyiru kwa Perezida wa Repubulika kandi ngo babakiriye neza cyane, yavuze ko yishimye, banamubwira ko bazabahamagara mu minsi itatu. Ku wa 17 Nzeri 2023 ni bwo kuri Stade ya Bugesera abatoza ba Bayern…