Abakinnyi 10 b’abarundi batorokeye muri Croatia bagiye gukina, bisanze muri gereza
•
Abakinnyi b’ikipe y’Uburundi y’abatarengeje imyaka 19 ya Handball batorotse ubwo bari bitabiriye imikino y’igikombe cy’isi cyabereye muri Croatia tariki 9 z’ukwezi kwa munani 2023 bisanze bafungiye mu u Bubirigi. Mu bakinnyi 12 hasigaye abakinnyi babiri gusa n’abari babaherekeje. Bose uko ari icumi bahise bajya gusaba ubuhungiro mu gihugu cy’Ububiligi. Ariko kuva itariki 7 z’ukwezi…
Muhanga: Insoresore 4 zabanaga n’abakobwa mu nzu imwe, zatawe muri yombi n’abo bakobwa kubera ibyo bakekwaho
•
Abasore bane n’abakobwa bane babana mu nzu imwe batawe muri yombi bakekwaho ubujura burimo gutobora inzu z’abaturage ndetse no kwambura abaturage utwabo ku muhanda. Amakuru y’ifatwa ry’aba basore n’inkumi bakekwaho kujujubya abaturage no guteza umutekano muke mu baturage yamenyekanye nyuma y’uko basanzwe mu nzu babanagamo uko ari umunani iherereye mu Mudugudu wa Rugarama, Kagari…
I Gicumbi, umugore yashatse kwiyambura ubuzima, nyuma yo gukorera amahano mugenzi we
•
Mu karere ka Gicumbi haravugwa amakuru y’umugore wo mu murenge wa Byumba, watemye mugenzi we akoresheje umuhoro hanyuma na we agerageza kwiyahura mu bwiherero, ngo kubera ko uwo yatemye yamuhaye inzaratsi zo kuroga umugabo we akamusuzugura akanga kuzikoresha. Uyu mugore witwa Nyiramajyambere Chantal w’imyaka 32 y’amavuko yatemye mugenzi we witwa Mukandori; umugabo wa nyakwigendera…
Umuraperi Snoop Dogg yatangaje ikintu atazongera gukora mu buzima bwe abantu baratungurwa, bamwe bavugako atazabishobora
•
Calvin Cordozar Broadus Jr. wamamaye mu njyana ya rap ku Isi, nka Snoop Dogg, yatangaje ko nyuma y’ibiganiro yagiranye n’umuryango we yafashe umwanzuro wo kutazongera gutumura ku rumogi. Uyu mugabo w’imyaka 52, uzwiho kwihebera Marijuana cyangwa se urumogi, yabitangaje kuri uyu wa Kane mu butumwa yanyujije ku mbuga nkoranyambaga ze bugatungura benshi, dore ko…
Michel Masabo wari umunyamabanga mukuru w’ikipe ya APR FC yirukanwe
•
Mu Ikipe y’ingabo z’igihugu hakomeje kubamo impinduka aho zageze no mu bunyamabanga bukuru bw’iyi kipe aho Michael Masabo wari umaze hafi imyaka 3, ari kuri uyu mwanya yamaze kuwukurwaho. Taliki ya 8 Mutarama 2021, nibwo hari hatangajwe impinduka mu buyobozi bwa APR FC hafi ya bwose ndetse n’umwanya w’umunyamabanga mukuru uhabwa Michael Masabo asimbuye…
Umunyamakuru Manirakiza Théogène, uherutse gusabirwa imbabazi mu rukiko akazanga , yafunguwe
•
Umunyamakuru Manirakiza Théogène washinze ikinyamakuru Ukwezi kinafite Umuyoboro wa YouTube Ukwezi TV, kuri uyu wa Gatanu tariki ya 17 Ugushyingo 2023 Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwafashe icyemezo cyo kumurekura ku cyaha yari akurikiranyweho cyo gukangisha gusebanya, yakoreye uwitwa Nzizera Aimable. Iki cyemezo urukiko rugifashe nyuma y’uko Nzizera Aimable wareze umunyamakuru Manirakiza Théogène kumukangisha kumusebya,…