Dore ibyo umugabo uzi kwita ku umugore we amukorera, bigatuma amwimariramo burundu
•
Ijambo ry’umuntu ni kimwe mu bintu bishobora gukomeza umubano w’abashakanye cyangwa rikawusenya ariko hari amagambo buri mugore wese yifuza kumva mu matwi ye cyane iyo ayabwiwe n’umugabo we bikaba byabafasha kurushaho kubaka umubano wabo mwiza. 1. Uri umubyeyi mwiza n’umugore mwiza Niba ushaka gutuma umugore yirirwa yishimye umunsi wose, renga ibyo kumubwira amagambo amenyereye…
Abagabo bari aba kera koko! Mico The Best yibasiwe bikomeye nyuma y’ifoto yashyize hanze yambaye ijipo
•
Abantu benshi bakomeje gucika ururondogoro cyane cyane abakoresha imbuga nkoranyambaga n’abakunzi b’umuziki nyarwanda nyuma yo kugwa mu kantu bakibona amafoto y’umuhanzi Mico The Best yambaye ijipo. Ni ifoto ikomeje kuvugisha benshi, bibaza icyateye uyu muhanzi kwambara atyo nubwo bamwe bavuga ko kwaba ari ugushaka gukurura amarangamutima y’abakunzi ba muziki dore ko yitegura gushyira…
Ukuri kwashyizwe hanze ku kwirukanwa kwa Youssef na Mugdam muri Rayon Sports
•
Mu mpera z’ugushyingo ndetse no mu ntangiriro z’ukwakira, nibwo inkuru zacicikanye, ko ikipe ya Rayon Sports yaba yamaze gutandukana n’umunya Morocco Youssef Rhab, n’umunya Sudan Eid Mugdam, izi nkuru zavugaga ko abatoza ba Rayon Sports, batishimiye umusaruro waba basore bombi, bityo bagasaba ko batandukana niyi kipe, aho gukomeza kuzuza umubare badakina. President wa Rayon…
Liberia: Joseph Boakai yabaye Perezida atsinze George Weah wari usoje manda
•
Ku mugoroba wo ku wa Gatanu tariki 17 Ugushyingo 2023, Ni bwo hamenyekanye uwatorewe kuyobora igihugu cya Liberia hagati ya Joseph Boakai na George Weah bari bahataniye uyu umwanya. George Weah wakanyujijeho muri ruhago mbere yuko aba perezida, yatangaje ko Abanya-Liberia bagaragaje amahitamo yabo kandi ko agiye kuyubaha. Byitezwe ko George Weah …
U Rwanda rwavuze icyo rugiye gukora, nyuma y’uko Perezida Tshisekedi atangaje ko yenda kurugabaho intambara
•
Umuvugizi wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda, Alain Mukuralinda, yashimangiye ko amagambo Perezida Tshisekedi wa RDC aherutse gutangaza, yerekana neza umugambi we, aho yeruye ko yiteguye intambara ndetse ko afite n’ibikoresho byo kuyirwana. Mu kiganiro Tshisekedi yagiranye na France 24 hamwe na RFI cyasohotse ku wa 16 Ugushyingo 2023, yahamije ko nyuma y’aho Umuryango Mpuzamahanga…
Imana imwakire mu bayo! Jean Giesen wamenyekanye mu Rwanda yapfiriye muri Rallye i Burundi
•
Amakuru ava mu gihugu cy’u Burundi ni uko Jean Jean Giesen yapfiriye mu isiganwa ry’amamodoka rya Rallye de Gitega azize guhagarara k’umutima (arrêt Cardiaque). Jean Jean yabaga mu Rwanda anakora muri garage y’imwe mu sosiyete yo mu Rwanda icuruza imodoka. Jean Jean yegukanye Rallye des Mille Collines yabereye mu Rwanda mu 2017.