Gukena kubi ni ukubura ubwenge koko! Utishoboye akomeje kuvugisha benshi ibitandukanye kubera ibyo yakoreye inzu yubakiwe
•
Mu karere ka Musanze hakomeje kuvugwa inkuru itangaje aho Mu Kagari ka Sahara, Umurenge wa Busogo umugabo witwa Nganizi, ashakishwa nyuma yo gutoroka amaze gusambura inzu yabagamo akagurisha amabati, inzugi n’amadirishya. Yabikoze kuri iki Cyumweru tariki ya 12 Ugushyingo 2023, ubwo yacunze imvura iguye aca mu rihumye abaturage n’ubuyobozi, asambura inzu yubakiwe na Leta nk’umuturage…
Biravugwa. Muri Darfour hashobora kuba jenoside. Impungenge ni zose
•
Umuryango w’Ubumwe bw’Uburaya uraburira ko muri Darfun imwe mu ntara za Sudani hashobora kwaduka icyo bise indi Jenoside. Mu itangazo uyu muryango wasohoye harimo ko uhangayikishijwe n’imvururu zanze kurangira kandi zihitana benshi mu ntara ya Darfour. Joseph Borell ushinzwe ububanyi n’amahanga muri uwo muryango, avuga ko amakuru Ubumwe bw’Uburaya bufite yerekana ko abantu 1000…
Ku bitaro bya Nyarugenge Umusekirite yarwanye n’umurwaza rubura gica
•
Mu Bitaro Bya Nyarugenge Mu Mujyi Wa Kigali Habereye Imirwano Yahuje Umusekirite N’umurwaza,Kuri Iki Cyumweru,Tariki Ya 12 Ugushyingo. Mu mashusho yagiye hanze, yagaragaje aba Bombi baterana ibipfunsi,nyuma yuko umurwaza yashakaga kujya mu bitaro ku ngufu kureba umugore we wari wabyaye abazwe. Uyu murwaza avuga ko hari hashize amasaha ane , umugore we ntacyo arashyira…
Umugore yanze gusiga abana be bimuviramo urupfu. Umugore bivugwa ko yishwe n’umugabo we yababaje benshi
•
Inkuru iteye agahinda ikomeje kubabaza abatari bake, ni iy’umugore wari umuforomokazi wakubiswe n’umugabo we kugeza yitabye Imana nyuma yo kumara igihe ahatirizwa n’abaturanyi be gutandukana nawe ariko yarabaye ibamba. Nk’uko inkuru ikomeje kubarwa n’umwe mu bakoresha imbuga nkoranyambaga, uzwi ku mazina ya Amarachi Iwuala, avuga ko umubyeyi utatangajwe amazina wari ufite abana bane yabaye…
Wari uzi ko gukunda kwifotora ibyo benshi bazi nka Selfie ari indwara? Byinshi kuri yo
•
Ubushakashatsi bwakozwe n’abahanga mu myitwarire n’imitekerereze y’abantu, bagaragaje ko gukunda kwifotoza amafoto ya ‘Selfie’ bikunzwe gukorwa na benshi ari uburwayi bufitwe na benshi gusa batabizi kuko babifata nk’ibisanzwe cyangwa ibigezweho. Nkuko benshi babizi kwifotora amafoto hakoreshejwe telephone zigezweho zimwe bita Smart phones mu ndimi z’amahanga, ni ibintu bigezweho cyane muri iyi minsi ya none…
Abasore: Dore impamvu abakobwa badasubiza ubutumwa bwawe
•
Sobanukirwa impamvu 10 zituma abakobwa benshi batakunze gusubiza ubutumwa bandikirwa n’abasore ku mbuga nkoranyambaga nka Instagram, Snapchat, X, Whatsapp n’izindi zihuza abantu. Abasore benshi iyo bari ku mbuga nkoranyambaga usanga bashakisha amafoto y’abakobwa beza akaba aribo bandikira batitaye ko bamwe baba banashyizeho atari ayabo. Hari rero ubwo usanga umwandikira akagusubiza igihe gito akaba arakurambiwe…