Amarira, imiborogo, ibitaro byafunze imiryango – Muri Gaza ubuzima busa nk’ubwahagaze kubera ibikomeje kuhakorerwa biteye agahinda
•
Mu gihe Israel ikomeje kugaba ibitero ku butaka bwa Gaza, kuva kuri iki Cyumweru, nta vuriro na rimwe ryemerewe gukora muri iyi Ntara, ndetse bamwe mu bari mu Bitaro, bakomeje kuhatakariza ubuzima. Ni mu gihe kandi ibihumbi by’abaturage baheze mu bitaro ba Al-Shifa byo muri iyi Ntara ari nabyo binini, aho ibikorwa byo kwimura…
Abantu batunguwe cyane no kubona umupfumu Salongo asezeranira mu rusengero [AMAFOTO]
•
Abantu benshi batunguwe cyane, abandi barumirwa bifata ku munwa, nyuma yo kubona uzwi nk’umupfumu, Rurangirwa Wilson benshi bazi nka Salongo wamamaye ku mbuga nkoranyambaga, yasezeranye n’umugore we. Ni ibirori byabereye muri Salle Polyvalente ya Paroisse Saint Pierre Cyahafi ku Kimisagara mu Karere ka Nyarugenge. Ni ubukwe bwatunguye benshi batiyumvishaga uko umugabo uvuga ko ari…
X-Dealer wavuzweho kwiba telefone ya The Ben i Burundi, yasabye urukiko ko yaburana adafunze
•
Ndagijimana Eric uzwi nka X-Dealer ukekwaho kwiba telefone ya The Ben, yaburanye mu bujurire ku ifunga n’ifungurwa ry’agateganyo ahakana icyaha ndetse anasaba ko yakurikiranwa adafunze. Telefoni ya The Ben yibwe ku wa 30 Nzeri 2023 i Burundi aho yari afite ibitaramo. Nyuma y’iperereza ryakozwe byagaragaye ko iyo telefoni iri gukoresha umunara wo mu Rwanda…
Juliana Kanyomozi yavuze ku byo kuba yaba yarabyaranye n’umuhungu wa perezida Museveni
•
Umuhanzikazi Juliana Kanyomozi uri mu bakomeye mu gihugu cya Uganda, yagaragaje ko yishimiye kubyara umwana we wa kabiri yise Taj; ariko yongera kwikoma abakeka ko yamubyaranye na Gen Muhoozi Kainerugaba. Juliana yabyaye umwana wa kabiri mu 2020 nyuma yaho mu myaka itandatu yari yabanje yari yapfushije imfura ye yari yise Keron Kabugo. N’ubwo yari…
Uwareze umunyamakuru Manirakiza Theogene yakoreye agashya mu rukiko, abantu baratungurwa
•
Abantu benshi batangaye abandi bacika ururondogoro nyuma yo kumva Nzizera Aimable waregaga Umunyamakuru Manirakiza Théogène kumukangisha kumusebya, amenyesheje urukiko ko yamubabariye, kandi ko mu bushishozi bwarwo rwategeka ko akurikiranwa adafunzwe kugira ngo akomeze kwita ku muryango. Mu ibaruwa yo ku wa 10 Ugushyingo yasomwe mu rukiko, Nzizera avugamo ko “Nyuma y’ikiganiro nagiranye na Manirakiza…
EALA: Rwabuze gica ubwo umudepite w’u Rwanda yahanganaga n’uwa Congo mu nteko rwagati
•
Ubwo bahuriraga mu Nteko y’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EALA), umudepite uhagarariye u Rwanda Hon. Fatuma Ndangiza, yasabye mugenzi we wa DRC kudakomeza gushinja ibinyoma u Rwanda. Ubwo bari mu bikorwa by’iyi Nteko y’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba,yaberaga i Arusha muri Tanzania,umudepite w’Umunyekongo witwa Evariste Kalala, yahenze ibi biganiro bigiye gusozwa,azamura ibinyoma ko u Rwanda rufite…