Ngororero: Umugore yafashwe atwaye udupfunyika dusaga 1000 tw’urumogi mu buryo budasanze
•
Polisi y’u Rwanda ku bufatanye n’abaturage mu Karere ka Ngororero yafashe umugore w’imyaka 23 y’amavuko, wari utwaye mu modoka itwara abagenzi mu buryo bwa rusange, udupfunyika 1018 tw’urumogi. Yafatiwe mu Mudugudu wa Rususa, Akagari ka Rususa, mu Murenge wa Ngororero, kuri uyu wa Gatatu tariki ya 8 Ugushyingo, ahagana saa Sita z’amanywa, mu…
Byafashe inde ntera- Umusirikari ukomeye mu ngabo za FARDC, yahungiye muri M23
•
Umutwe wa M23 wemeje ko wakiriye Lieutenant Colonel mu ngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), nyuma yo guhunga ’amabi’ izi ngabo za FARDC zikomeje gukora. Bertrand Bisimwa uyobora ishami rya Politiki muri uwo mutwe yemeje ko ku wa Kane tariki ya 9 Ugushyingo ari bwo Lt Col Yusto Kanyove yahungiye muri uriya…
Ibyo igisirikari cy’u Burundi kigiye gukorera umutwe wa M23 birawusiga mu manegeka
•
Igisirikare cy’u Burundi cyatangaje ko kidashobora kwihanganira ibikorwa umutwe wa M23 ukomeje gukora , bibangamira ingabo z’u Burundi zagiye kugarura amahoro muri RDCongo Mu itangazo Umuvugizi w’igisirikare cy’u Burundi, Col Biyereke Floribert yashyize hanze kuri uyu wa kane tariki ya 9 Ugushyingo 2023, yavuze ko nyuma yaho umutwe wa M23 n’indi mitwe byubuye intambara…
Turabasiba ku ikarita y’Isi – Ibyo Israel yakoreye Gaza bikomeje gufata indi ntera
•
Ku munsi w’ejo kuwa 09 Ugushyingo 2023, mu mujyi wa Gaza hiriwe imirwano ikaze hagati y’ingabo za Israel n’abarwanyi b’umutwe wa Hamas. Ni imirwano yamaze amasaha hafi 10 yaje kurangira Israel yiyemeje kurimbura burundu umutwe wa Hamas yigaruriye bimwe mu birindiro by’izi ngabo zo muri Palestine. Abarwanyi ba Hamas bakoreshaga za roketi zirasa kure…
Ntibikiri ibihumbi 50, Igiciro cy’abazakurikirana ubukwe bwa The Ben na Pamela cyakubiswe hasi
•
Nyuma yo kugaragaza ko abashaka kuzakurikirana ubukwe bwa The Ben na Pamela buri kuba bazishyura amafaranga ibihumbi 50Frw bikazamura amarangamutima ya benshi, uyu muhanzi The Ben n’umukunzi we Uwicyeza Pamela bahisemo kugabanya ibiciro byo kureba ubukwe bwabo buzakurikiranwa ku rubuga rwabo bashinze, igiciro kiva ku ibihumbi 50 FRW bishyirwa ku ibihumbi 10 FRW. …
Akayabo The Ben yashoye muri website izacishwaho ubukwe bwe na Pamella kamenyekanye
•
Umuhanzi The Ben ari kunengwa na benshi kubera guca ibihumbi 50 FRW abashaka kuzareba ubukwe bwe n’umukunzi we Pamella buzanyura ku rubuga rwabo [website]. Ku itariki 03 Ugushyingo 2023 nibwo hashyizwe hanze iyi Website iriho inkuru mpamo y’inzira y’urukundo rwa Mugisha Benjamin na Uwicyeza Pamella ndetse niyo izakoreshwa n’abashaka kureba buriya bukwe buzaba ari…