Abakinnyi 6 bashobora gutandukana na Kiyovu Sports
•
Abakinnyi batandatu ba Kiyovu Sports bari kwitegura gusezera ku ikipe kubera ko bamaze igihe badahembwa ndetse aba bariyongeraho umutoza Petros Koukouras nawe udaheruka umushahara. Abakinnyi barimo Cabungura,Musengo,Sherif Bayo,Haalandn’abandi batandukanye batunzwe n’agahimbazamusyi k’ibihumbi 30 FRW bityo barifuza kwigendera. Amakuru aravuga ko muri iyi kipe harimo ibice aho abakinnyi bazanwe na Mvukiyehe Juvenal badahembwa mu gihe…
Abakinnyi 7 harimo n’abakomeye bashobora gutandukana na Rayon sports mu minsi ya vuba
•
Ikipe ya Rayon Sports yatangiye gutegura isoko ryo mu kwezi kwa mbere kuko igiye gutandukana n’abakinnyi 6 barimo Joackiam Ojera na Kalisa Rashid babonye amakipe hanze. Rayon Sports ikunzwe kurusha izindi mu Rwanda,yari yiyubatse mu mpeshyi ishize ariko ntibyayikundiye kugera ku ntego zayo zirimo kugera mu matsinda ya CAF Confederation Cup no kwitwara neza…
Perezida Kagame yahaye ubutumwa abasuzugura Afurika
•
Perezida Kagame yitabiriye umuhango wo gutaha ku mugaragaro ‘Norrsken Kigali House’, Ishami rya Afurika y’Iburasirazuba ry’Ikigo cyo muri Suède gisanzwe gifasha ba rwiyemezamirimo bafite imishinga y’ikoranabuhanga yakemura bimwe mu bibazo byugarije Isi. Uyu muhango wabaye kuri uyu wa 08 Ugushyingo ubera mu Karere ka Nyarugenge,mu Mujyi wa Kigali. Afungura iki kigo,Perezida Kagame yavuze ko…
Abayobozi babiri b’ibigo by’amashuri batawe muri yombi bazira kwikubira ibigenewe abanyeshuri babo
•
Abayobozi babiri b’ibigo by’amashuri harimo uyobora Urwunge rw’Amashuri rwa Kiruri(GS Kiruri) n’uyobora Urwunge rw’Amashuri rwa Rukozo(GS Rukozo) byombi biherereye mu Karere ka Rulindo, batawe muri yombi. Ku wa Mbere tariki 6 Ugushyingo 2023, muri GS Kiruri, ikigo cy’amashuri giherereye mu Murenge wa Base, byamenyekanye ko hibwe mudasobwa nyuma yo gusanga urugi rw’icyumba cyigishirizwamo abanyeshuri…
Abasirikari b’Abarundi bari i Masisi bahunze M23
•
Ingabo z’igihugu cy’u Burundi zagiye mu butumwa bw’umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba muri Kivu y’Amajyaruguru muri Teritwari ya Masisi zavuye mu bice zarimo nyuma y’uko abarwanyi ba M23 bashushubikanyije ingabo za Leta ya Congo (FARDC) zari muri Masisi. Intambara yahuje abarwanyi ba M23 n’ingabo za FARDC mu rukerera tariki ya 8 Ugushyingo 2023 yatumye M23…
Abasore: Dore imiterere y’umusore buri mukobwa aba yifuza mu bihe bye by’akababaro
•
Ubushakashatsi bwakorewe bwerekana ko uburakari bugira ingaruka kuri 18% by’ abaturage baho. Gukundana rero bifatwa nk’ ibintu bizana umunezero ariko hari ubwo umukunzi wawe aba yarakaye cyangwa yifite mo umunabi ukaba wagira ngo uwo munsi gukundana byahagarara ndetse ukiheza ariko siko bigomba kugenda. 1. Filime Kurebera filime mu ruhame ahantu hari umwijima hari abo…