Tangira umunsi wawe n’amakuru agezweho

Tukugezaho amakuru agezweho yo hirya no hino ku isi, akazi kasohotse ndetse n’amazu, ibibanza ndetse n’imodoka bigurishwa make.

  • Birababaje! Abavandimwe 2 batawe muri yombi nyuma yo kwica nyina bamunigishije umugozi

    Mu karere ka Nyamasheke haravugwa inkuru y’incamugongo aho abasore bababiri bavukana bafungiye kuri sitasiyo ya Kanjongo bakurikiranyweho kwica nyina ubabyara witwa Nyirangaruye Daphrose w’imyaka 47 bamunize. Ndikumana Joel w’imyaka 23 na Niyoyandinze Eric w’imyaka 18, bafungiye kuri Sitasiyo ya RIB ya Kanjongo mu Karere ka Nyamasheke.   Imvaho Nshya dukesha iyi nkuru ivuga ko…

  • Umujyi wa Goma wabaye icuraburindi kubera imirwano ya M23 na FARDC

    Umujyi wa Goma, Umurwa Mukuru w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru uri mu icuraburindi bitewe n’imirwano yiriwe i Kibumba hagati y’inyeshyamba za M23 na FARDC, FDLR, Wazalendo n’abacanshuro b’abazungu, yangije ibikorwaremezo bikwirakwiza amashanyarazi.   Ikigo cya Virunga Energies gisanzwe gikwirakwiza umuriro muri Goma no mu nkengero zayo cyasohoye itangazo ko imirwano yo kuri uyu wa 6…

  • Umuntu wari uherutse guterwamo umutima w’ingurube yapfuye

    Umuntu wa kabiri mu mateka y’isi wahawe ubuvuzi bwo guterwamo umutima w’ingurube yamaze kwitaba Imana nyuma y’igihe gito ahawe umutima w’iri tungo rizwi na bamwe nk’indyoheshabirayi. Umunyamerika Lawrence Faucette wari umuntu wa kabiri wasimburijwe umutima agaterwamo uw’ingurube muri Nzeri 2023, yapfuye nyuma y’ibyumweru bitandatu ahawe ubwo buvuzi.  Ikinyamakuru The Guardian kivuga ko uyu mugabo…

  • Museveni yihanganye ararikocora abwira Amerika amagambo akarishye nyuma yo gukurwa muri AGOA

    Yoweri Kaguta Museveni umaze imyaka irenga 35 ku butegetsi bwa Uganda yashize amanga abwira Amerika amagambo akarishye nyuma y’aho iki gihugu cy’igihangange gifashe umwanzuro wo gukura Uganda muri AGOA. Perezida wa Uganda Yoweri Museveni yapfobeje impungenge ku kuba hari gahunda yo gukura igihugu cye mu bucuruzi bwihariye hagati y’Amerika n’ibihugu bimwe byo muri Afurika.…

  • Eric Ten Hag watakarije Anthony icyizere agiye kumurekura azane undi munya-Bresil

    Ikipe ya Manchester United yiteguye kurekura Anthony iheruka kugura akayabo k’amafaranga kugirango ibone uko igura undi mukinnyi ukiri muto w’umunya-Bresil. Biravugwa ko iyi kipe yamaze kwemera kwakira igihombo yagize ubwo yarekuraga Miliyoni zigera kuri 85 z’Amapawundi igura uyu musore mu mwaka wa 2022 imukuye muri Ajax. Anthony ashinjwa kuba nta kintu kigaragara yamariye iyi…

  • Gasabo: Batunguwe no kumusanga mu nzu yapfyuye, nyuma y’amasaha macye bamubonaga ari muzima

    Mu ijoro rishyira kuri uyu wa Mbere tariki  06 Ugushyingo 2023, Nibwo abaturage batuye mu karere ka Gasabo mu murenge wa Jali akagari ka Gateko mu mudugudu wa Bugarama batunguwe no kubona umusore yapfuye bikekwa ko yiyahuye. Bamwe muri aba baturage barimo abaturanyi be baganiriye na Bplus TV dukesha iyi nkuru, bavuze ko babajwe…