Igisirikare cya Ukraine mu rungabangabo kubera ibyo Uburusiya buherutse kubakorera
•
Abakuru b’igisirikare cya Ukraine barimo kurushaho kotswa igitutu kijyanye n’igitero cya misile Uburusiya buherutse kugaba, byemezwa ko cyishe kikanakomeretsa abasirikare benshi ba Ukraine. Ibitangazamakuru byo muri Ukraine hamwe n’imbuga za internet zo mu Burusiya zitangaza amakuru ajyanye n’igisirikare, bivuga ko abasirikare ba Ukraine barenga 20 biciwe mu muhango wo gutanga ibihembo wabaye ku wa…
Imana ibakire mu bayo – I Karongi, ikamyo yakoze impanuka ikomeye, 2 bahita bitaba Imana
•
Kuri uyu wa 04 Ugushyingo 2023, mu Mudugudu wa Rukaragata, Akagari ka Nyarugenge Umurenge wa Rubengera habereye impanuka ikomeye aho imodoka ya Fuso yavaga mu Karere ka Muhanga yerekeza i Karongi yarenze umuhanda igonga inzu ebyiri z’ubucuruzi, abantu babiri mu bari bayirimo barapfa. Mu bari bari muri iyi modoka harimo nyirayo witwa Mvuyekure Innocent…
Ibyo Minisitiri w’urubyiruko yavuze ku irushanwa rya Miss Rwanda byahagurukije amarangamutima ya benshi
•
Ubwo yatangiza ku mugaragaro icyiciro cya Gatatu cya ArtRwanda-Ubuhanzi, kuri uyu wa Gatanu tariki 3 Ugushyingo 2023, Minisitiri Utumatwishima Abdallah yabajijwe ku hazaza h’irushanwa rya Miss Rwanda ryakurikirwaga cyane mu Rwanda. Irushanwa rya Miss Rwanda riheruka muri 2022 ubwo ryegukanwaga na Nshuti Muheto Divine. Minisitiri Utumatwishima yavuze ko hagomba kuganirwa ku kuba Miss Rwanda…
Dore ibibaye ku wibye akayabo i Bujumbura agatorokera mu Rwanda, RIB yajya kumutanga akabiburizamo
•
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha,RIB, rwatangaje ko rwashyikirije inzego z’umutekano z’u Burundi, Umurundi ukurikiranyweho kwiba arenga miliyoni 29 FBU agatorokeara mu Rwanda. Uyu Bukeyeneza Jolis w’imyaka 30 akekwaho kwiba amafaranga muri Banki y’Ubucuruzi y’i Bujumbura agatorokera mu Rwanda, igikorwa cyo kumushyikiriza inzego z’igihugu cye ni igikorwa cyabaye kuri uyu wa Gatanu tariki ya 03 Ugushyingo 2023,…
Mu cyumweru kimwe gusa, umubare w’abakobwa bandura SIDA watumye abantu bagwa mu kikango
•
Anne Githuku-Shongwe, umuyobozi Mukuru wa gahunda ya Loni ishinzwe kurwanya SIDA muri Afurika y’u Burasirazuba n’Amajyepfo (UNAIDS), yavuze ko abana b’abakobwa 3100 bo muri Afurika yo munsi y’Ubutayu bwa Sahara bandura Virus itera Sida buri cyumweru, bakaba bangana na 77.5% by’abakobwa bandura iyo ndwara mu cyumweru ku Isi. Githuku-Shongwe yabigarutseho kuri uyu wa 02 Ugushyingo…
Ibiri gukorwa n’abasore i Rusizi ngo bakunde borongore, byatumye ababyeyi babo bifata mapfubyi
•
Mu karere ka Rusizi haravugwa amakuru yatumye abenshi bibaza byinshi bitandukanye, aho ababyeyi bo mu kagari ka Shagasha mu Murenge wa Gihundwe batabaza ubuyobozi bitewe n’uko biyubakira inzu abana babo bakazibasohoramo bakazirongoreramo bo bakabaho basembera. Umusaza witwa Bapfakurera Boniface atuye mu mudugudu wa Gitwa mu kagari ka Shagasha ati “Umwana yazanye umugore aranyirukana ashaka no…