Kampala: Batunguwe no kumva ukekwa ku rupfu rw’umunyemari wiciwe mu rugo iwe arashwe
•
Mu gihugu cya Uganda hakomeje kuvugwa inkuru itavugwaho rumwe, aho igipolisi mu Mujyi wa Kampala kiri gukora iperereza ku urupfu rw’umunyemari wo muri uyu mujyi witwa Henry Katanga wishwe arasiwe iwe mu rugo. Ubu bwicanyi bivugwa ko bwakorewe ahitwa Mbuya Hill, mu nkengero za Kampala muri Division ya Nakawa, bwakozwe mu rukerera rwo kuri…
Musanze: Bikomeje kuba urujijo, kumenya icyateye umusaza,70, kwiyahura nyuma yo kumubona asangira n’umukunzi we
•
Kuri uyu wa 3 Ugushyingo 2023 ahagana saa cyenda n’igice z’umugoroba, mu Murenge wa Nkotsi Akagari ka Bikara, hasanzwe umurambo w’umusaza w’imyaka 70 y’amavuko witwa Hanyurwimfura Andre yiyahuye yimanitse mu mugozi nyuma y’uko yari avuye gusangira agacupa n’umukecuru we. Uru rugo ngo rwari rufite imitungo n’ibindi bikorwa by’iterambere ku buryo ntacyo bakeka ko…
Musanze: Ubwoba ni bwose ku babonye umurambo w’umusore wishwe ashinyaguriwe
•
Mu karere ka Musanze haravugwa inkuru ibabaje y’umugabo wakoraga umwuga wo gutwara abantu n’ibintu ku igare wasanzwe yapfuye, aho byagaragaye ko abamwishe bamukase ijosi. Kuri wa Gatatu tariki ya 01 Ugushyingo 2023, ahagana saa moya za mu gitondo ni bwo abantu babonye umurambo w’umugabo witwaga BARIRIKA Jean de Dieu w’imyaka 44 y’amavuko yishwe yanaciwe…
Miss Pamella yahishuye ikintu gitangaje yakoze ubwo yari mu mwiherero kubera The Ben. Byinshi kubukwe bwabo buzaca kuri internet ababureba bakishyura
•
Umuhanzi The Ben agiye kuva mu ngaragu ararushinge na Uwicyeza Pamella bamaze imyaka isaga 4 bakundana. Aba bombi bahanye isezerano ryo kubana imbere y’amategeko mu 2022, ariko batarabihamya imbere y’Imana, inshuti n’imiryango. Ku wa 15 Ukuboza hazabaho umuhango wo gusaba no gukwa mu gihe ku wa 23 uko kwezi , hazabaho undi wo gusezerana…
Yakoze ibyazamuye amarangamutima ya benshi nyuma yo kwamburwa igare ryari rimutunze
•
Mu gitondo cyo ku wa kane tariki ya 02 Ugushyingo 2023, Ni bwo mu karere ka Nyarugenge umusore wakoraga akazi ko gutwara ibintu n’abantu ku igare yagerageje kwiyahura nyuma yo kwamburwa igare yakoreshaga na Polisi ariko umugambi we uburizwamo nyuma yo gutabarwa. Bamwe mu baturage bari aho uyu musore yiyahuriye ariko Imana igakinga ukuboko …
Kimenyi na Muyango batangaje itariki y’ubukwe bwabo
•
Umunyezamu w’ikipe y’igihugu Amavubi na AS Kigali, Kimenyi Yves na Uwase Muyango Claudine, bamaze gutangaza igihe ubukwe bwabo buzabera. Aba bombi bamaze gutangaza ko ubukwe bwabo buzaba mu ntangiriro z’umwaka utaha, tariki 06 Mutarama 2024 nk’uko bigaragara ku nteguza bamaze gushyira hanze. Bagiye gukora ubukwe nyuma y’imyaka itatu Kimenyi yambitse Muyango impeta ya Fiançailles…