Latest post

Ibyo wamenya ku nyubako ya Equity Bank igiye guhindura isura ya Kigali (Amafoto)

Share this:

U Rwanda rufite intego yo guhinduka igicumbi cy’imari, nka rumwe mu nzego z’ingenzi zizagira uruhare mu kubaka ubukungu bushingiye ku bumenyi, ibikuye mu ntego z’u Rwanda kugera mu 2050. Icyakora kuba igicumbi cy’imari ntabwo ari ibintu byikora kuko bikenera ibintu…

Share this:

U Rwanda rugiye kugira Pariki y’Igihugu y’Ibirwa

Share this:

Umuyobozi Mukuru Wungirije w’Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere RDB, Juliana Kangeli Muganza, yatangaje ko u Rwanda ruteganya kugira Pariki y’Igihugu y’Ibirwa mu 2028. Yabigarutseho kuri uyu wa 17 Kamena 2025, ubwo yaganiraga n’Abasenateri bagize Komisiyo y’Imibereho y’Abaturage n’Uburenganzira bwa Muntu, bagaragazaga ibikubiye…

Share this:

Israel yarashe Irani ikoresheje indege 50, USA nayo yohereza indege n’ibitwaro byinshi

Share this:

Ni umunsi wa gatandatu Iran na Israel byatsanyaho umuriro, aho ibikorwaremezo biri guhinduka umuyonga i Tehran, uretse ko ab’i Tel Aviv nabo baheruka agatotsi kera. Israel yarashe ahantu 20 hakorerwa intwaro za missile n’ahatunganyirizwa iby’ibanze mu gukora intwaro za nucleaire,…

Share this:

Imyambarire ya Bianca Censori wa Kanye West yongeye kurikoroza – AMAFOTO

Share this:

Umugore w’umuraperi  Kanye West , Bianca Censori yongeye kurikoroza nyuma yo kongera kugaragara yambaye imyambaro yerekana ubwambure bwe ndetse itari isanzwe muri rubanda . Uyu mufasha w’umuraperi Kanye West uzwi nka Ye , yatangaje isi ubwo yashyiraga hanze amafoto amugaragaza…

Share this:

Umugore akomeje kuvugisha benshi nyuma yo gutangaza ko ari we wabyaye Yesu

Share this:

Umugore witwa Nafula Judith utuye mu karere ka Busia mu gihugu cya Kenya yatangaje ko ari we  Bikira Mariya nyina wa Yezu nyuma y’aho asuriwe n’urumuri ruturutse mu Ijuru rwari rurimo Yezu ubwe . Judith utuye mu gace ka Nangoma gaherereye…

Share this:

Ngizi Telefone watsapp itazongera gukoramo ! Reba niba harimo iyawe

Share this:

Hari Telefone nyinshi zamaze gutakaza ubushobozi bwo kwakira ‘App’ ya Watsapp no kuba yakoreramo. Izo Telefone zirimo iPhone n’izo mu bwoko bwa Android benshi musanzwe mukoresha cyane mu mirimo ya buri munsi. Watsapp ni ‘App’ ya Meta ndetse yabaye ikimenyabose…

Share this:

2 Job Positions of Front Desk Officers(G-2C) at University of Rwanda Holdings Group Limited (UR – HG Ltd) | Kigali :Deadline: 20-06-2025

Share this:

VACANCY POSITIONS AT UR HG LTD ANNOUNCEMENT, JUNE 2025 University of Rwanda Holdings Group Limited (UR – HG Ltd) is a limited company fully owned by University of Rwanda, (UR). Its business activities aim to optimize UR assets for the…

Share this:

Marketing Officer (Salary: 500,000RF – 600,000RF) at ITM AFRICA Ltd Rwanda:Deadline:22 June 2025

Share this:

ITM AFRICA Ltd Rwanda is LOOKING FOR: Position: Marketing Officer Salary: 500,000RF – 600,000RF Female Candidates are encouraged to apply. Click here for details & apply Click here to visit the original source

Share this:

22 Job positions of accountant A1 at KAYONZA District by Jun 24, 2025

Share this:

Job responsibilities Payments of the received requests (Invoices from Suppliers, salaries and related benefits) in finance  Recording of Financial transactions in Health Center’s books of accounts  Filling and reporting of Financial Statements  Daily Control of the revenues…

Share this:

Israel yatangaje ko umuyobozi w’ikirenga wa Irani Ayatollah Ali Khamenei ashobora gupfa urwa Sadam Hussein

Share this:

Minisitiri w’Ingabo wa Israel, Israel Katz yahamije ko ibitero kuri Iran bikomeza kwisukiranya, anaburira Umuyobozi w’Ikirenga, Ayatollah Ali Khamenei ko nibadahagarika ibitero ashobora gupfa urwa Saddam Hussein. Intambara hagati ya Iran na Israel yinjiye mu munsi wa gatanu, impande zombi…

Share this: