Tangira umunsi wawe n’amakuru agezweho

Tukugezaho amakuru agezweho yo hirya no hino ku isi, akazi kasohotse ndetse n’amazu, ibibanza ndetse n’imodoka bigurishwa make.

  • Dore ibisobanuro by’ibimenyetso bikoreshwa mu rukundo

    Wigeze kohereza agashusho ku mutima utekereza uti: “Ni byo? Ni cyo kirebana n’ubusobanuro bw’amarangamutima yanjye?” Ibimenyetso by’urukundo ni nk’ubusobanuro bw’amarangamutima, byerekana ibyiyumvo byihariye mu buryo bworoshye bwo kohereza no kwakira. Guhera ku bishushanyo by’imitima byanditse mu bitabo by’abanyeshuri kugeza ku masaro y’urukundo yo mu muco w’Abaselti, ibi bimenyetso by’urukundo bisumba igihe, umuco, ndetse, niba…

  • Abasore: Ibimenyetso 7 byagucira amarenga ko umukunzi wawe asigaye aguca inyuma

    Biragoye cyane kumenya neza niba umukunzi wawe aguca inyuma cyane cyane ko izo ngeso akenshi zitagakwiye ku bakundana cyane cyane ku bakobwa ahubwo zizwi cyane ku bahungu , ariko iyo witonze ukitegereza imyitwarire ye , umukobwa ubasha kumenya neza ko aguca inyuma. Hagati ya babiri bakundana yaba ari umukobwa n’ umuhungu bakunze kugirana ibibazo…

  • Perezida Tshisekedi yagiye mu Burundi mu ruzinduko rwihariye

    Perezida wa Repubulika ya Congo, Antoine Felix Tshisekedi, kuri iki cyumweru tariki ya 22 Ukuboza 2024,yagiriye urugendo mu Burundi  , aho  yahuye na mugenzi we  Evaliste Ndayishimiye. Ibiganiro byaba bombi bikaba byabaye mu muhezo, itangazamakuru rikaba ryakumiriwe. Amakuru yashyizwe ku rubuga rwa X, rwa Perezidansi ya Congo, avuga ko “ Uru rugendo rwa Tshisekedi…

  • Kiliziya Gatolika mu Rwanda yamaganye itegeko ryemerera abantu gukuramo inda ku bushake

    Abepisikopi icyenda ba Kiliziya  Gatolika mu Rwanda bemeje ko badashyigikiye itegeko ryemerera abantu   gukuramo inda mu buryo bwizewe, ubusambanyi  no kunywa imiti ibuza gusama kuko  bunyuranyije n’inyigisho zayo, bityo nta vuriro ryayo na rimwe ryemerewe gutanga iyo serivisi. Mu itangazo ry’Abepisikopi Gatolika bose mu Rwanda  baheruka gushyira hanze,  bagaragaje ko itegeko ry’Imana ribuza kwica…

  • Reka kwishyira mu kaga! ntuzigere ukora ibi bintu ugamije gushimisha umukobwa mukundana

    Basore, ni kenshi ukora iyo bwabaga ngo ushimishe umukobwa ukunda kandi ni byiza, gusa nanone hari ibyo udakwiye gukora urwo waba umukunda uko rwaba rungana kose. 1. Gusuzugura umuryango wawe Abakobwa benshi bajya babona ubitayeho cyane, akaba yanakora ibintu bidafututse kugira ngo arebe kure wajya umwirukaho. Ntuzigere na rimwe usuzugura cyangwa uta umuryango wawe…

  • Minisitiri Nduhungirehe yahaye Bruce Melody isezerano rikomeye

    Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane Olivier Jean Patrick Nduhungirehe, yabwiye Bruce Melodie n’abandi bahanzi Nyarwanda ko Guverinoma y’u Rwanda izakomeza kubashyigikira, kuko ibyo bakora ntaho bitaniye n’iby’abandi bahanzi bigaragaza ku rwego mpuzamahanga mu bihe bitandukanye. Yabitangaje mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatandatu tariki 21 Ukuboza 2024, ubwo yari yitabiriye umuhango wo gusogongera Album ‘Colorful…