-
Amerika igiye kubyaza umusaruro amahirwe yiteshejwe n’Ubwongereza ku Rwanda
•
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Amb. Olivier Nduhungirehe yemeje ko u Rwanda ruri mu biganiro byo kwakira abimukira bo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Ni ingingo yagarutseho kuri iki Cyumweru mu kiganiro Inkuru mu Makuru cya RBA. Minisitiri Nduhungirehe yavuze ko u Rwanda rwinjiye mu biganiro na Leta Zunze Ubumwe za Amerika, rugamije gukomeza gutanga…
-
Mu mafoto irebere uburanga bwa Umutoni Nadia wigaruriye umutima wa Niyomugabo Claude Kapiteni wa APR FC
•
Ni inshuro nyinshi tubona abakinnyi b’umupira wa maguru cyane cyane abo ku mugabane w’iburayi bazana abakunzi babo ku bibuga ndetse baba batsinze bagafatanya kwishimira intsinzi ari nako babatera ingabo mu bitugu iyo bitagenze neza. Kuri ubu no mu Rwanda uyu muco abakinnyi bamwe bamaze kuwugira aho kuba bafite abakunzi bitakiri ubwiru. Mu mafoto atandukanye…
-
Kenya: Perizida Ruto yatewe urukweto n’umwe mu baturage yagezagaho ijambo
•
Polisi ya Kenya iri guhata ibibazo abantu batatu nyuma y’ibyabaye aho umugabo yateye urukweto Perezida William Ruto mu Kuria y’Uburengerazuba, mu Ntara ya Migori. Ibi byabaye ubwo Ruto yagezaga ijambo ku baturage bo mu gace ka Kehancha kuri iki Cyumweru gishize, itariki 4 Gicurasi 2025. Polisi yavuze ko iperereza rigikomeje kandi ko hagikurikiranwa abandi…
-
Umusore yahaye itike umukobwa yateye inda ngo aze bahangane mbere y’uko arongora undi mukobwa ibyamubayeho biratangaje
•
Ubukwe bwagombaga kuba intangiriro y’urugendo rushya rw’urukundo ku munsi wo ku wa Gatandatu tariki 3 Gicurasi 2025 mu Karere ka Rubavu, bwabaye intandaro y’impaka ndende no gushyamirana hagati y’uwari ugiye kurushinga n’umugore bahoze babana. Nyirabahizi Esther, umugore ukomoka mu Karere ka Musanze, yagerageje guhagarika ubukwe bwa Byukusenge Jean Claude, umugabo babyaranye umwana w’umukobwa, ahurira…
-
Umurinzi wa Perezida Captain Ibrahim Traoré wa Burkina Faso yahishuwe akayabo k’amadorari n’ibindi yahawe ngo amurase
•
Umwe mu basirikare barinda Perezida Captain Ibrahim Traoré, wa Burkina Faso, yemeje ko yigeze gushakishwa n’abantu bakomoka mu bihugu bikomeye, bamwemerera miliyoni 5 z’amadolari n’ubwenegihugu bwabo mu rwego rwo kumushishikariza kurasa Perezida amuturutse inyuma, cyane cyane mu gihe asenga. Ariko uwo musirikare yahisemo kwanga ayo mafaranga, ahitamo kuguma ku nshingano zo kurinda umuyobozi…
-
Ntajya ataka: Ibimenyetso 7 bigaragaza ko umugabo atitwara neza mu rukundo rwo mu buriri bikabuza abagore kugera ku byishimo bye bya nyuma
•
Abagabo benshi bibwira ko bazi gushimisha abagore babo mu rukundo rwo mu buriri. Ariko nyuma yo gusoma iyi nkuru, ushobora gusanga ibyo wibwiraga atari ko biri. Kutitwara neza mu rukundo rwo mu buriri si ikibazo gikomeye. Ikibazo ni ukwanga kwemera ko hakiri ibyo ugomba kwiga. Kwiyumvisha ko ushobora kunoza ibyo ukora ni intambwe y’ingenzi.…