RDF yavuze impamvu yatumye Maj Gen Nzaramba na bagenzi be birukanwa mu gisirikare
•
Perezida Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, yirukanye abasirikare bakuru barimo Gen. Maj. Martin Nzaramba, Col. Dr. Etienne Uwimana n’abandi ba Ofisiye 19 bakuru n’abato. Inkuru ducyesha IGIHE ivuga ko Umuvugizi w’igisirikare cy’u Rwanda, Brig. Gen Ronald Rwivanga yatangaje ko Gen. Maj Nzaramba yirukanywe kubera ruswa no gukoresha nabi amafaranga agenewe kwita ku…
Ntibisanzwe: Umukobwa yasanzwe mu idirishya ryo kwa Mudugudu yapfuye nyuma y’uko umuhungu wa Mudugudu yanze ko baryamana
•
Ku wa 28 kanama 2024, mu karere ka Bugesera, mu Murenge wa Mwogo, Kagari ka Rugenge, mu mudugudu umwe wo muri aka kagari, habonetse umurambo w’umukobwa wari umanitse mu idirishya ryo kwa Mudugudu, bicyekwa ko yishwe n’abagizi ba nabi. BTN Tv ivuga ko abaturage bumvise uyu mukobwa mbere yuko apfa yigamba ko nibatareka umuhungu…
Tshisekedi yirukanye Tshibangu wari intumwa ye yihariye mu bibazo afitanye n’u Rwanda
•
Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yaraye yirukanye ku mirimo Serge Kabeya Tshibangu wari intumwa ye yihariye ishinzwe gukurikirana ibiganiro bya Nairobi na Luanda. Umuvugizi wa Tshisekedi, Tina Salaam ni we watangaje ko Tshibangu yirukanwe, asimburwa na Sumbu Sita Mambu. Amakuru avuga ko uyu mugabo yaba yirukanwe azira amajwi yafashwe…
Gen Kazura n’abandi basirikare barenga 1,000 bashyizwe mu kiruhuko cy’izabukuru
•
Perezida Paul Kagame akanaba Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda (RDF), yashyize mu kiruhuko cy’izabukuru abasirikare barenga 1,000 barimo Gen Jean Bosco Kazura wigeze kuba Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda. Gen Kazura yabaye Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda hagati y’Ugushyingo 2019 na Kamena 2023. Mbere y’aho yari yaragiye akora indi mirimo irimo kuba Umuyobozi w’Ishuri…
Rwanda: BNR yahinduye inoti ya 5000FRW n’iya 2000FRW
•
Mu minsi mike mu Rwanda, haratangira kugaragara inoti nshya za 5000frw na 2000Frw zizaba zifite ibirango bitari ibyari bisanzwe kuri izo note. Bimwe mu bizaba biranga inoti nshya ya 5000Frw harimo inyubako ya Kigali Convention Center, mu gihe mu bizaba biranga inoti nshya ya 2000Frw, harimo igishushanyo kigaragara imwe mu misozi myiza itatse U…
Hagaragayemo amarozi – Ibitaravuzwe ku mukino APR FC yasezereyemo Azam FC
•
Inkuru y’intsinzi APR FC yakuye ku ikipe ya AZAM FC yo muri Tanzania ni imwe mu zikomeje kugarukwaho n’abakurikira siporo by’umwihariko abakunzi b’iyi kipe. Uretse imigendekere nyirizina, Ikindi benshi bakomeje kugarukaho ni imyitwarire yaranze iyi kipe ya AZAM FC, bamwe bagereranyije no kwikanga amarozi. Amakuru IGIHE yaboneye gihamya, ni uko ubwo amakipe yombi yajyaga…