Abantu 12 bari bavuye mu birori bapfiriye mu mpanuka ikomeye
•
Ku kiraro cya Tharaka Nithi, mu muhanda uva ahitwa Meru werekeza mu mujyi wa Nairobi mu gihugu cya Kenya, habereye impanuka ikomeye yahitanye ubuzima bw’abantu 12. Ahagana Saa Tatu z’ijoro zo ku wa 31 Kanama 2024 nibwo iyi modoka yari itwaye abantu bavuye mu birori by’imiryango yabo, yagonganye n’indi modoka, imodoka zombi zirangirika, abo…
Madagascar: Uzajya ahamwa n’icyaha cyo gusambanya umwana azajya ahanishwa gukonwa(gukakatwa igitsina)
•
Leta ya Madagascar mu cyumweru gishize yasohoye itegeko ryo gukona hakoreshejwe kubaga umuntu wese wahamwe n’icyaha cyo gusambanya umwana ku ngufu. Ni itegeko ryateje impaka kuva ryatorwa n’inteko ishinga amategeko. Muri Gashyantare(2) nibwo sena ya Madagascar yatoye yemeza iri tegeko, ryohererezwa Perezida Andry Rajoelina ngo arisinye ribe ryatangira gushyirwa mu ngiro. Nyuma y’impinduka zimwe…
Uganda: Hamenyekanye umwirondoro w’umunyarwandakazi wapfiriye mu mpanuka ya Bus
•
Umwirondoro w’umunyarwandakazi umwe niwe wamenyekanye ko ari mu baguye mu mpanuka ya Bisi ya Jaguar yakoreye i mpanuka mu muhanda Kampala – Masaka iza mu Rwanda. Amakuru avuga ko umunyarwandakazi witwa Akaliza Aline ari umwe mu baguye mu mpanuka yabaye kuwa 01 Nzeri 2024 ahagana mu rukerera. Iyi bus yari ifite purake UBP 964T.…
Kinshasa: Abapolisi 2 bahagaritswe ku mirimo bazira guhutaza abadiplomate
•
Kuri uyu wa Gatandatu, itariki ya 31 Kanama, Minisitiri w’intebe wungirije wa Congo akaba na Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu, Shabani Lukoo, yategetse ihagarikwa ry’agateganyo mu rwego ry’abapolisi bakuru babiri ba Polisi y’igihugu cya Congo (PNC). Aba ni umuyobozi wungirije w’ishami rishinzwe gutabara rya polisi (Légion nationale d’intervention (LNI), Kabeya Tshiani Magnat, na Komiseri wa Polisi…
Perezida Kagame yazamuye mu ntera abasirikare basaga 600 barimo ba ’Brigadier General’
•
Perezida Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda yazamuye mu ntera abasirikare basaga 600 barimo babiri bavuye ku ipeti rya Colonel bashyirwa ku rya Brigadier General naho 14 bashyirwa ku ipeti rya Colonel. Itangazo ryashyizwe hanze n’ingabo z’u Rwanda rigaragaza ko abashyizwe ku ipeti rya Brigadierl General ari Col. Justus Majyambere na Col.…
Goma: Hateganyijwe umuhango wo gushyingura imibiri y’abantu 200 byagoye Leta gusobanura urupfu rwabo
•
Serivisi ishinzwe protocol ku rwego rw’Intara ya Kivu ya Ruguru yatangaje ko kuri uyu wa Mbere taliki 02 Nzeri2024, hari bushyingurwe imibiri 200 y’abantu bahitanywe n’intambara. Ubuyobozi bw’iyi Protocole, buvuga ko ari igikorwa cyiza kubera kuri kuri Stade de l’unite de Goma, iherereye mu mu mujyi wa Goma, mu masaha ya mugitondo. Biteganyijwe ko…