Tangira umunsi wawe n’amakuru agezweho

Tukugezaho amakuru agezweho yo hirya no hino ku isi, akazi kasohotse ndetse n’amazu, ibibanza ndetse n’imodoka bigurishwa make.

  • Amabuye y’agaciro ya RDC yaba agiye kujya atunganyirizwa mu Rwanda

    Mu mezi abiri ku munsi u Rwanda na RDC bizaba bisinya amasezerano y’amahoro, byombi bizanasinyana na Amerika andi y’ubukungu. Ni amasezerano Amerika ivuga ko azakurikirwa n’ishoramari “rya miliyari nyinshi z’amadolari” rikozwe n’ibigo by’ubucuruzi byayo n’iby’ibihugu by’inshuti.   Iyubakwa ry’urugomero rwa Ruzizi III Gutunganyiriza amabuye y’agaciro mu Rwanda Umuhanda wa Gari ya Moshi mu mushinga wa…

  • Abasore: Ntuzahirahire ngo uterete umukobwa ufite bene iyi mico

    Mu gihe benshi bashakisha urukundo rw’ukuri, hari iby’ingenzi buri musore akwiye kwitaho mbere yo gufata umwanzuro wo gukundana n’umukobwa. Nubwo kubona umukunzi w’ukuri ushobora kugorana, hari imyitwarire igaragaza ko umukobwa ashobora kutaba uwo kubana nawe neza. Hari ibyiciro by’abakobwa abasore bagirwa inama yo kwirinda mu rwego rwo kurinda umutima wabo no kwirinda gutakaza igihe…

  • Nubona ibi bintu 7 uzamenye ko umuntu atagukunda nubwo atabivuga

    Hari igihe umuntu aba atagukunda ariko ntabivuge mu magambo. Gusa imyitwarire ye ya buri munsi ishobora kukwereka ukuri. Dore bimwe mu bimenyetso 7 byagaragaza ko uwo muntu atagufitiye urukundo cyangwa inyungu mu mubano mufitanye: 1. Ntareba mu maso yawe: Iyo umuntu ahora atakureba mu maso cyangwa agaceceka igihe muri kumwe, bishobora kugaragaza ko atakwiyumvamo.…

  • Amashusho y’umwana wa The Ben na Pamella bamusize Makeup (maquillage) akomeje kuvugisha benshi ku mbuga nkoranyambaga – Amafoto

    Nyuma y’igihe gito havuzwe amakuru y’uko umuhanzi The Ben n’umugore we Uwicyeza Pamella bibarutse imfura yabo, noneho igaragaza uwo mwana iri gucicikana ku mbuga nkoranyambaga, by’umwihariko kubera ko yayigaragaje asize maquillage (makeup), ibintu byatumye abantu benshi batangara ndetse bamwe batangira kugaragaza impungenge. Uwo mwana w’umukobwa, bamwise Mugisha Paris, yavutse ku wa 18 Werurwe 2025,…

  • Igisubizo cya Gen Muhoozi ku wari umusabye kugira Miss Jolly Mutesi umugore wa kabiri cyatitije imbuga nkoranyambaga

    Umugaba w’ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yongeye kuvugisha benshi ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo gusubiza umuntu wamugiriye inama yo gushaka Miss Jolly Mutesi akamugira umugore wa kabiri.   Mu gusubiza, Gen Muhoozi yavuze ko umugore we, Charlotte, yamwica aramutse abikoze. Ibi byose byatangiye ubwo Gen Muhoozi yashyiraga ifoto ku rubuga rwe rwa X…

  • Imirwano ikomeye yadutse hagati y’ingabo za FARDC n’iza MONUSCO

    Ku rubuga nkoranyambaga rwa X (rwahoze ari Twitter), hakomeje gusakazwa amashusho agaragaza abasirikare ba Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) bashyamiranye n’abasirikare b’umuryango w’abibumbye ushinzwe kubungabunga amahoro, MONUSCO.   Aya mashusho yakwirakwiye vuba, atuma abantu batandukanye batanga ibitekerezo bitandukanye, bamwe babifata nk’akaga, abandi babihindura urwenya, abandi babyuriraho banenga imiyoborere y’igihugu. Umwe mu bakoresha uru…