Nyaruguru: Pasitoro yacyuye umugore w’undi mugabo ngo amurarane birangira amupfiriyeho
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwemeje rwataye muri yombi Umupasiteri usanzwe ari n’Umuyobozi ushinzwe ubutaka, imiturire n’ibikorwaremezo mu Murenge wa Ruheru mu Karere ka Nyaruguru, akurikiranyweho icyaha cy’ubwicanyi. Yatawe muri yombi ku wa 15 Kamena 2025. Umuvugizi w’Urwego wa RIB, Dr….
Kigali: Haje imodoka ikubura ikanakoropa imihanda
Umujyi wa Kigali watangiye kwifashisha imodoka idasanzwe ikoresha ikoranabuhanga rigezweho mu gukubura no gukoropa imihanda ya kaburimbo. Umuvugizi w’Umujyi wa Kigali, Emma-Claudine Ntirenganya, yavuze ko iyo modoka yifashisha ibiroso n’ubundi buryo bw’ikoranabuhanga mu gusukura, kandi ikaba idateza ivumbi cyangwa indi…
Uganda: Intambara yongeye kurota hagati y’umuvandimwe wa Museveni na muramukazi wa Gen Muhoozi
Intambara y’amagambo yongeye kurota hagati ya Sodo Aine Kaguta, murumuna wa Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni na Shartsi Kutesa Musherure, bapfa umwanya mu Nteko Ishinga Amategeko. Shartsi Kutesa Nayebare Musherure ni umukobwa wa Sam Kutesa wabaye Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga…
AFC/M23 ihanganiye na Wazalendo mu bice bitandukanye
Abarwanyi b’ihuriro AFC/M23 n’abo mu mitwe ya Wazalendo ishyigikiwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bahanganiye mu bice bitandukanye byo mu burasirazuba bw’iki gihugu. Mu gace ka Nyangezi na Lurhala muri teritwari ya Walungu mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo,…
“Umwana akina n’ibere rya nyina…”: Tricia, umugore wa Tom Close yahaye igisubizo gikakaye umunyamaku wavuze ko Tom Close yakabirijwe mu muziki
Niyonshuti Ange Tricia, yagaragaje ko yababajwe bikomeye n’umunyamakuru Ngabo Roben wavuze ko Muyombo Thomas uzwi nka Tom Close ari we muhanzi wakabirijwe kurusha abandi mu mateka y’umuziki nyarwanda, kuva mu myaka 30 ishize. Tricia yanditse ubu butumwa kuri uyu wa…
Israel yarubiye, Iran irasa ibitaro bikomeye ari ko ikubita agatoki ku kandi: Intambara yahinduye isura
Intambara ya Israel na Iran yinjiye mu munsi wa karindwi, Iran isuka ibisasu byinshi ku minjyi itandukanye ya Israel hakomereka abantu 65. Israel yabaye nk’intare bapfuye umugara yahise itegeka abasirikare gukaza ibitero bagahungabanya ubutegetsi bwa Iran. Ingabo za Israel zatangaje…
Umuryango wa Lungu wayoboye Zambia wanze ko umurambo we usubizwa mu gihugu cye
Umuryango wa Edgar Lungu wayoboye Zambia wanze ko umurambo we ukurwa muri Afurika y’Epfo ngo ujyanywe gushyingurwa mu gihugu cye. Nyuma y’imyiteguro itandukanye n’ibiganiro na Leta ya Zambia byari biteganyijwe ko umurambo wa Edgar Lungu usubizwa mu gihugu ku wa…
Indi Bisi itwara abagenzi ikoresha amashanyarazi yakoze impanuka
Imodoka ya bisi ikoresha amashyarazi y’imwe muri sosiyete itwara abagenzi, yakoreye impanuka mu muhanda Kigali-Muhanga nyuma y’iminsi micye hari indi iyikoreye muri Gare ya Nyabugogo. Iyi mpanuka yabereye mu muhanda Kigali-Muhanga ahazwi nko ku Kivumu mu Murenge wa Cyeza mu…
Ibyo wamenya ku masezerano mashya y’amahoro agomba gusinywa hagati y’URwanda na RDC
Ni itangazo ryashyizwe hanze na Guverinoma ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo na Repubulika y’u Rwanda ku bw’amasezerano y’amahoro yagezweho mu biganiro byabereye muri Washington D.C. muri iki cyumweru. Tariki 8 Kamena 2025, amatsinda y’impande…
Bisi y’ikipe Bizimana Djihad akinamo yatwitswe
Mu mukino wari utegerejwe na benshi hagati y’amakipe abiri akomeye muri Libya , Al-lttihad na Al -Ahly Tripoli ikinamo abanyarwanda Bizimana Djihad na Manzi Thierry wabayemo imvururu zikomeye hagati y’abafana zanavuyemo no gutwikwa kw’imodoka yajemo abakinnyi . Mu mukino wa…