Latest post

“Umwana akina n’ibere rya nyina…”: Tricia, umugore wa Tom Close yahaye igisubizo gikakaye umunyamaku wavuze ko Tom Close yakabirijwe mu muziki

Share this:

Niyonshuti Ange Tricia, yagaragaje ko yababajwe bikomeye n’umunyamakuru Ngabo Roben wavuze ko Muyombo Thomas uzwi nka Tom Close ari we muhanzi wakabirijwe kurusha abandi mu mateka y’umuziki nyarwanda, kuva mu myaka 30 ishize. Tricia yanditse ubu butumwa kuri uyu wa…

Share this:

Israel yarubiye, Iran irasa ibitaro bikomeye ari ko ikubita agatoki ku kandi: Intambara yahinduye isura

Share this:

Intambara ya Israel na Iran yinjiye mu munsi wa karindwi, Iran isuka ibisasu byinshi ku minjyi itandukanye ya Israel hakomereka abantu 65. Israel yabaye nk’intare bapfuye umugara yahise itegeka abasirikare gukaza ibitero bagahungabanya ubutegetsi bwa Iran. Ingabo za Israel zatangaje…

Share this:

Umuryango wa Lungu wayoboye Zambia wanze ko umurambo we usubizwa mu gihugu cye

Share this:

Umuryango wa Edgar Lungu wayoboye Zambia wanze ko umurambo we ukurwa muri Afurika y’Epfo ngo ujyanywe gushyingurwa mu gihugu cye. Nyuma y’imyiteguro itandukanye n’ibiganiro na Leta ya Zambia byari biteganyijwe ko umurambo wa Edgar Lungu usubizwa mu gihugu ku wa…

Share this:

Indi Bisi itwara abagenzi ikoresha amashanyarazi yakoze impanuka

Share this:

Imodoka ya bisi ikoresha amashyarazi y’imwe muri sosiyete itwara abagenzi, yakoreye impanuka mu muhanda Kigali-Muhanga nyuma y’iminsi micye hari indi iyikoreye muri Gare ya Nyabugogo. Iyi mpanuka yabereye mu muhanda Kigali-Muhanga ahazwi nko ku Kivumu mu Murenge wa Cyeza mu…

Share this:

Ibyo wamenya ku masezerano mashya y’amahoro agomba gusinywa hagati y’URwanda na RDC

Share this:

Ni itangazo ryashyizwe hanze na Guverinoma ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo na Repubulika y’u Rwanda ku bw’amasezerano y’amahoro yagezweho mu biganiro byabereye muri Washington D.C. muri iki cyumweru. Tariki 8 Kamena 2025, amatsinda y’impande…

Share this:

Bisi y’ikipe Bizimana Djihad akinamo yatwitswe

Share this:

Mu mukino wari utegerejwe na benshi hagati y’amakipe abiri akomeye muri Libya , Al-lttihad na Al -Ahly Tripoli ikinamo abanyarwanda Bizimana Djihad na Manzi Thierry wabayemo imvururu zikomeye hagati y’abafana zanavuyemo no gutwikwa kw’imodoka yajemo abakinnyi . Mu mukino wa…

Share this:

Mu bukana bwinshi Ayatollah wa Iran yasubije Trump wamusabye kumanika amaboko

Share this:

Kuri uyu wa gatatu tariki ya 18 Kamena , Umuyobozi w’ikirenga wa Iran , Ayatollah Ali Khamenei yatangaje ko igihugu cye kitazigera kimanika amaboko mu ntambara kirimo na Israel kubera ibyifuzo bya Perezida Donald Trump . Ubwo yatangaga imbwirwaruhame ku…

Share this:

Ibidasanzwe ku nyubako ya Equity Bank igiye guhindura isura ya Kigali (Amafoto)

Share this:

U Rwanda rufite intego yo guhinduka igicumbi cy’imari, nka rumwe mu nzego z’ingenzi zizagira uruhare mu kubaka ubukungu bushingiye ku bumenyi, ibikuye mu ntego z’u Rwanda kugera mu 2050. Icyakora kuba igicumbi cy’imari ntabwo ari ibintu byikora kuko bikenera ibintu…

Share this:

U Rwanda: Hagiye gukorwa Pariki igizwe n’Ibirwa

Share this:

Umuyobozi Mukuru Wungirije w’Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere RDB, Juliana Kangeli Muganza, yatangaje ko u Rwanda ruteganya kugira Pariki y’Igihugu y’Ibirwa mu 2028. Yabigarutseho kuri uyu wa 17 Kamena 2025, ubwo yaganiraga n’Abasenateri bagize Komisiyo y’Imibereho y’Abaturage n’Uburenganzira bwa Muntu, bagaragazaga ibikubiye…

Share this:

Israel yarashe Irani ikoresheje indege 50, USA nayo yohereza indege n’ibitwaro byinshi

Share this:

Ni umunsi wa gatandatu Iran na Israel byatsanyaho umuriro, aho ibikorwaremezo biri guhinduka umuyonga i Tehran, uretse ko ab’i Tel Aviv nabo baheruka agatotsi kera. Israel yarashe ahantu 20 hakorerwa intwaro za missile n’ahatunganyirizwa iby’ibanze mu gukora intwaro za nucleaire,…

Share this: