Ibyo wamenya ku masezerano mashya y’amahoro agomba gusinywa hagati y’URwanda na RDC
Ni itangazo ryashyizwe hanze na Guverinoma ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo na Repubulika y’u Rwanda ku bw’amasezerano y’amahoro yagezweho mu biganiro byabereye muri Washington D.C. muri iki cyumweru. Tariki 8 Kamena 2025, amatsinda y’impande…
Bisi y’ikipe Bizimana Djihad akinamo yatwitswe
Mu mukino wari utegerejwe na benshi hagati y’amakipe abiri akomeye muri Libya , Al-lttihad na Al -Ahly Tripoli ikinamo abanyarwanda Bizimana Djihad na Manzi Thierry wabayemo imvururu zikomeye hagati y’abafana zanavuyemo no gutwikwa kw’imodoka yajemo abakinnyi . Mu mukino wa…
Mu bukana bwinshi Ayatollah wa Iran yasubije Trump wamusabye kumanika amaboko
Kuri uyu wa gatatu tariki ya 18 Kamena , Umuyobozi w’ikirenga wa Iran , Ayatollah Ali Khamenei yatangaje ko igihugu cye kitazigera kimanika amaboko mu ntambara kirimo na Israel kubera ibyifuzo bya Perezida Donald Trump . Ubwo yatangaga imbwirwaruhame ku…
Ibidasanzwe ku nyubako ya Equity Bank igiye guhindura isura ya Kigali (Amafoto)
U Rwanda rufite intego yo guhinduka igicumbi cy’imari, nka rumwe mu nzego z’ingenzi zizagira uruhare mu kubaka ubukungu bushingiye ku bumenyi, ibikuye mu ntego z’u Rwanda kugera mu 2050. Icyakora kuba igicumbi cy’imari ntabwo ari ibintu byikora kuko bikenera ibintu…
U Rwanda: Hagiye gukorwa Pariki igizwe n’Ibirwa
Umuyobozi Mukuru Wungirije w’Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere RDB, Juliana Kangeli Muganza, yatangaje ko u Rwanda ruteganya kugira Pariki y’Igihugu y’Ibirwa mu 2028. Yabigarutseho kuri uyu wa 17 Kamena 2025, ubwo yaganiraga n’Abasenateri bagize Komisiyo y’Imibereho y’Abaturage n’Uburenganzira bwa Muntu, bagaragazaga ibikubiye…
Israel yarashe Irani ikoresheje indege 50, USA nayo yohereza indege n’ibitwaro byinshi
Ni umunsi wa gatandatu Iran na Israel byatsanyaho umuriro, aho ibikorwaremezo biri guhinduka umuyonga i Tehran, uretse ko ab’i Tel Aviv nabo baheruka agatotsi kera. Israel yarashe ahantu 20 hakorerwa intwaro za missile n’ahatunganyirizwa iby’ibanze mu gukora intwaro za nucleaire,…
Imyambarire ya Bianca Censori wa Kanye West yongeye kurikoroza – AMAFOTO
Umugore w’umuraperi Kanye West , Bianca Censori yongeye kurikoroza nyuma yo kongera kugaragara yambaye imyambaro yerekana ubwambure bwe ndetse itari isanzwe muri rubanda . Uyu mufasha w’umuraperi Kanye West uzwi nka Ye , yatangaje isi ubwo yashyiraga hanze amafoto amugaragaza…
Umugore akomeje kuvugisha benshi nyuma yo gutangaza ko ari we wabyaye Yesu
Umugore witwa Nafula Judith utuye mu karere ka Busia mu gihugu cya Kenya yatangaje ko ari we Bikira Mariya nyina wa Yezu nyuma y’aho asuriwe n’urumuri ruturutse mu Ijuru rwari rurimo Yezu ubwe . Judith utuye mu gace ka Nangoma gaherereye…
Ngizi Telefone watsapp itazongera gukoramo ! Reba niba harimo iyawe
Hari Telefone nyinshi zamaze gutakaza ubushobozi bwo kwakira ‘App’ ya Watsapp no kuba yakoreramo. Izo Telefone zirimo iPhone n’izo mu bwoko bwa Android benshi musanzwe mukoresha cyane mu mirimo ya buri munsi. Watsapp ni ‘App’ ya Meta ndetse yabaye ikimenyabose…
2 Job Positions of Front Desk Officers(G-2C) at University of Rwanda Holdings Group Limited (UR – HG Ltd) | Kigali :Deadline: 20-06-2025
VACANCY POSITIONS AT UR HG LTD ANNOUNCEMENT, JUNE 2025 University of Rwanda Holdings Group Limited (UR – HG Ltd) is a limited company fully owned by University of Rwanda, (UR). Its business activities aim to optimize UR assets for the…