-
Hamenyekanye ibyo AFC/M23 iri gukorera abasirikare 3000 ba FARDC yari yaragoteye i Goma
•
Mu gitondo cyo ku wa Gatatu tariki ya 30 Mata 2025, imodoka zari zitwaye abasirikare n’abapolisi bo mu ngabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) zatangiye gusohoka mu mujyi wa Goma zijya mu murwa mukuru Kinshasa. Aba ni abasirikare barenga 3,000 bari barahungiye mu bigo bya MONUSCO nyuma yo gutsindwa na M23 yari…
-
Yabanje kumwereka aho bayishyira! Umugabo wubatse w’imyaka 53 wasambanyije umwana w’imyaka 16 akamutera inda amushukishije 5000 Frw yahuye n’uruva gusenya
•
Mu karere ka Nyamasheke, haravugwa inkuru ibabaje y’umugabo w’imyaka 53 ukurikiranyweho icyaha cyo gusambanya umwana w’imyaka 16, amutera inda, aho imaze kugira amezi atandatu, amushukishije amafaranga 5000 Frw. Uyu mugabo, usanzwe ari umugabo wubatse ufite umugore n’abana, yafatiwe mu Mudugudu wa Mutuntu, Akagari ka Bisumo, Umurenge wa Cyato ku wa 29 Mata 2025.…
-
Imirwano ikaze yongeye kubura hagati ya FARDC na Wazalendo basanzwe bafatanya kurwanya AFC/M23
•
Imirwano ikomeye yongeye kuvugwa mu mujyi wa Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, kuri uyu wa Kane, ahitwa Kasenga, aho Ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) zihanganye n’umutwe wa Wazalendo, nk’uko byemezwa n’abaturage batandukanye batuye muri ako gace. Iyi mirwano ije mu gihe umwuka mubi n’ukutizerana hagati y’impande zombi bikomeje…
-
Tshisekedi yikomanze ku Gituza nyuma y’uko RDC isinyanye amasezerano n’u Rwanda
•
Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi Tshilombo, yabwiye Abanye-Congo ko agiye kubasubiza amahoro arambye nyuma y’aho igihugu cye kigiranye n’u Rwanda amasezerano. Aya masezerano agena amahame aganisha ku mahoro arambye mu karere yashyizweho umukono na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, na mugenzi we wa RDC, Thérèse Kayikwamba…
-
Nyaruguru: Umusore w’imyaka 20 yarashwe mu cyico na Polisi ahita yitaba Imana
•
Mu masaha ya saa munani z’amanywa yo kuri uyu wa Gatandatu, mu Karere ka Nyaruguru, Umurenge wa Ngoma, Akagari ka Fugi, Umudugudu wa Gasha, habaye inkuru itashimishije. Umusore w’imyaka 20 y’amavuko witwa Pascal Ndayisenga yarashwe n’inzego z’umutekano ubwo yageragezaga gucika, agahita yitaba Imana. Nk’uko Polisi y’u Rwanda yabitangaje, Ndayisenga yari yafashwe ku wa…
-
Abasore: Numubonana ibi bimenyetso mutabare utazuyaje aba ashaka ko muryamana gusa yagutinye
•
Ntuzigere na rimwe wibeshya ko abahungu aribo bakenera gukora imibonano mpuzabitsina bonyine, N’abakobwa barabyifuza ariko bagapfira mo imbere bakabasha kubihisha n’ubwo hari ibimenyetso bagaragaza gusa bamwe mu bahungu batamenya. Ni byiza ko ukora imibonano mpuzabitsina n’umukunzi wawe mwese mwumva mubishaka kuko nibyo bizatuma murushaho kuryoherwa cyane ndetse n’umubano wanyu urusheho kwiyongera cyane. Abantu benshi…