Inkomoko n’igisobanuro cy’izina Liza ndetse n’uko abaryitwa bitwara
•
Liza ni izina ry’akabyiniriro ryakuwe ku izina Elisabeth rifite inkomoko mu Giheburayi aho risobanura ngo Imana ni indahiro yanjye cyangwa Imana ni isezerano ryanjye. Bamwe bandika Liza abandi Lisa n’ayandi. Bimwe mu biranga ba Liza: Liza ni umuntu ugira umutima mwiza, usabana, uganiriza buri wese kandi uzi gutandukanya ibyo akwiye kuvuga n’ibyo atavuga. Ni…
Abasore: Dore ibintu 5 utagomba gukora ugamije gushimisha umukobwa mukundana
•
Basore, ni kenshi ukora iyo bwabaga ngo ushimishe umukobwa ukunda kandi ni byiza, gusa nanone hari ibyo udakwiye gukora urwo waba umukunda uko rwaba rungana kose. 1. Gusuzugura umuryango wawe Abakobwa benshi bajya babona ubitayeho cyane, akaba yanakora ibintu bidafututse kugira ngo arebe kure wajya umwirukaho. Ntuzigere na rimwe usuzugura cyangwa uta umuryango wawe…
Joe Biden yitiranije Zelensky wa Ukraine na Putin w’Uburusiya
•
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden, yitiranyije Volodymyr Zelensky wa Ukraine na Vladimir Putin w’u Burusiya ubwo bahuriraga mu nama y’umuryango NATO yaberaga i Washington D.C. Zelensky yitabiriye iyi nama nk’umutumirwa kugira ngo ageze ku bakuru b’ibihugu byo muri NATO ibyo Ukraine ikeneye kugira ngo ishobore gutsinda intambara yashojweho n’u Burusiya…
Hamenyekanye undi mwihariko imodoka Perezida Kagame ari gukoresha mu kwiyamamaza ifite – AMAFOTO
•
Nyakubahwa Perezida Kagame ari kujya kwiyamamaza hirya no hino yitwaye mu modoka nziza cyane kandi yihariye yitwa Armored Urban Land ROVER DEFENDER 110 – ya 2023/2024. Iyi modoka aguze vuba, iri mu zikunzwe n’abakomeye kubera ubushobozi ifite bwo kurira imisozi n’umuvuduko wayo. Nyuma yo kuyigura, Perezida Kagame yayishyizemo ikoranabuhanga ryihariye rituma iba igitangaza kurushaho.…
Ubutaka bivugwa ko bwahawe u Rwanda bwateje impagarara muri Congo Brazzavile
•
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yashimangiye ko nta butaka Repubulika ya Congo yeguriye u Rwanda ngo rubukorereho ibikorwa by’ubuhinzi n’ubworozi. Ibi yabitangaje kuri uyu wa 10 Nyakanga 2024 ubwo yari amaze kuganira na Perezida wa Congo, Denis Sassou Nguesso, ku masezerano y’ubufatanye mu guteza imbere ubukungu guverinoma z’ibihugu byombi zagiranye muri Mata…
Inkomoko n’igisobanuro cy’izina Gildas ndetse n’uko ba Gildas bitwara
•
Gildas ni izina rihabwa umwana w’umuhungu, rikomoka mu rurimi rwa ‘Welsh’ rukoreshwa mu majyepfo y’uburengerazuba bw’u Bwongereza, risobanura “Ukorera Imana.” Bimwe mu biranga ba Gildas: Akunze kurangwa no kuba nyamwigendaho, rimwe na rimwe akaba umuntu ushyira mu gaciro. Biragoye kuba wamukura ku bitekerezo bye cyangwa ku mwanzuro yafashe, n’iyo waba umugira inama, kuko adakunda…