Inkomoko n’igisobanuro cy’izina Micheline ndetse n’uko ba Micheline bitwara
•
Micheline ni izina rihabwa abana b’abakobwa rifite inkomoko mu giheburayo ku izina Mīkhāʼēl rika ari ikibazo kibaza ngo “Ni nde umeze nk’Imana”. Hari amazina menshi asobanura kimwe na Micheline, twavugamo Michele, Michela Michelline, Michelina n’ayandi. Iyo ari umuhungu bamwita Michel, kubizihiza abatagatifu, mutagatifu Michel yizihizwa tariki ya 19 Kamena. Bimwe mu biranga ba Micheline:…
Inkuru ya Killaman yakoze benshi ku mutima: Kuva mu nzu y’ibyondo kugeza ku nzu y’asaga miliyoni 150RWF ntibyabasha kumvwa na buri wese
•
Umukinnyi wa filime Niyonshuti Yannick Morgan wamenye nka Killaman, yagaragaje ko kwihangana ku mugore we Umuhoza baherutse kurushinga, ariko kwagejeje ku kuba barabashije kwiyubakira inzura y’arenga Miliyoni 150 Frw ushingiye ku mibare itangwa n’abahanga mu kubaka inzu zigezweho muri iki gihe. Ni umwe mu bagabo bigaragaje cyane kuva mu myaka itatu ishize mu rugendo…
CECAFA Kagame Cup: APR FC yatsinze ikipe ya kabiri biyongerera amahirwe yo kugera muri 1/4
•
Ikipe ya APR FC yatsinze umukino wayo wa Kabiri mu irushanwa rya CECAFA Kagame Cup ya 2024 riri kubera muri Tanzania ikomeza kuyobora itsinda C irimo. Ni mu mukino wabaye kuri uyu Wa Gatanu Saa Mbili z’ijoro kuri Azam Complex Stadium. Umukino watangiye amakipe yombi yigana ahererekanyiriza umupira mu kibuga hagati nta n’imwe ishaka…
Kuba abarangije amashuri yisumbuye bakwigishwa igisirikare byabamarira iki? Dr. Biruta arabisobanura
•
Perezida w’Ishyaka riharanira Demokarasi n’Imibereho myiza y’Abaturage, Dr Vincent Biruta, yasobanuye ko bifuza ko nibura urubyiruko rw’u Rwanda rusoza amashuri yisumbuye rwajya rukora igisirikare umwaka umwe kugira ngo rukomeze kwigishwa indangagaciro no gukorera igihugu. Dr Vincent Biruta yagaragaje ko kwigisha urubyiruko amasomo y’igisirikare mu gihe cy’umwaka umwe byagirira akamaro urubyiruko mu kurushaho kumenya uruhare…
Perezida Kagame yahishuye uko yigeze kwirukankanwa n’umujandarume i Kigali kugirango ategera inzu nyuma akisanga ayituyemo
•
Kandida-Perezida, Paul Kagame yumvikanishije ko ntawe umenya aho bwira ageze, kuko aho Umujandarume yigeze kumwirukana ariho yatuye nyuma yo gutangira ishingano nk’Umukuru w’Igihugu. Ni inkuru yabaze mu kumvikanisha ko Politike ya FPR ishyira mu ngiro ‘uko amateka akwiye kuba yandikwa’. Yabigarutseho kuri uyu wa Gatanu tariki 12 Nyakanga 2024, ubwo yiyamamarizaga kuri Site ya…
Ingaruka mbi za WiFi ku buzima bw’umuntu abantu batajya babwirwa harimo n’izitera urupfu
•
Wi-Fi ni ubwoko bwa konegisiyo (Connection) ya internet bugezweho kandi bukoreshwa n’abatari bake. Iri huzanzira ridufatiye runini bitewe n’aho Isi igeze ariko rikanagira ingaruka mbi ku buzima bwacu zitagaragarira amaso kandi ziteye inkeke. Muri iyi nkuru ntabwo turi bugaruke ku kamaro Wi-Fi idufitiye ahubwo turagaruka ku ngaruka mbi igira ku buzima bwacu zidakunda kuvugwa…