Uwari wagizwe umugaba mukuru w’ingabo za Irani yishwe nyuma y’iminsi itagera kuri 2 kuri izi nshingano
Ingabo za Israel zatangaje ko zishe Ali Shadmani, uherutse guhabwa inshingano zo kuba Umugaba Mukuru w’Ingabo za Iran. Uyu mugabo nta minsi itatu yari amaze kuri izi nshingano nyuma y’uko uwari uwuriho, Gholamali Rashid, yishwe mu bitero by’Ingabo za Israel…
Perezida Museveni yasinye itegeko rishobora kuzasubiza Dr. Besigye bahora bahanganye mu nkiko za gisirikare
Perezida Yoweri Museveni wa Uganda yashyize umukono ku itegeko ryemerera inkiko za gisirikare kuburanisha abasivili mu gihe ibyaha bakurikiranyweho bifitanye isano n’umutekano. Aya makuru yemejwe n’Inteko Ishinga Amategeko yari iherutse gutora iri tegeko, ku wa 16 Kamena 2025. Yagize iti…
Zari yasabiye Zuchu igikombe nyuma y’uko akoze ubukwe na Diamond Platinumz
Zari Hassan, umwe mu byamamare bikomeye byo muri Uganda akaba n’uwahoze ari umukunzi w’umuririmbyi w’icyamamare muri Tanzania, Diamond Platnumz, yatangaje uko yakiriye ubukwe bw’uyu muhanzi na Zuchu. Uyu muhango w’ubukwe wabaye ku wa 1 Kamena 2025, mu buryo bw’ibanga cyane,…
Umuhanzi Diamond Platinumz yakoreye ikintu kidasanzwe The Ben bakoranye indirimbo WHY
Umuhanzi w’icyamamare wo muri Tanzania, Diamond Platnumz, yazirikanye indirimbo ‘Why’ yakoranye n’umuhanzi nyarwanda The Ben, ayiririmba ari kumwe n’abafana be mu buryo bwuje amarangamutima, mu gitaramo yakoreye muri Manchester Academy mu Bwongereza, ku wa Gatandatu tariki ya 14 Kamena 2025….
Wari wicarana n’umukobwa ukabona arakureba atya? Dore ibimenyetso byakwereka ko umuntu atagukunda n’ubwo atabikubwira
Kumenya uko umuntu yiyumva kuri wowe ntibyoroshye, cyane cyane iyo atabigaragaza mu magambo. Ariko hari imyitwarire yoroheje ushobora kwitondera ikakwereka ko atagukunda nk’uko wabyibwira. Ubushakashatsi bugaragaza ko abantu benshi bafite amarangamutima mabi ku bandi akenshi batabivuga, ahubwo bagahitamo kubigaragaza mu…
Dore ibintu utagomba kwibeshya ngo ukore kubera urukundo
Urukundo ni rwiza cyane, ni amwe mu marangamutima ashobora guhindura ubuzima bwawe mu buryo bwiza, ariko na none rushobora kugukoresha amakosa akomeye. N’ubwo ari ibisanzwe gushaka gushimisha umukunzi cyangwa kurinda urukundo rwanyu, hari amakosa amwe aganisha ku ngaruka zikomeye. Hifashishijwe…
Israel na Irani bikomeje gucananaho umuriro
UPDATES: Ibisasu bya byarashwe na Iran mu ijoro ryo kuri iki cyumweru bimwe byaguye ku butaka ibindi bizimirizwa mu kirere. Icyambu cya Haifa cyongeye kwibasirwa, aho amashusho agaragaza misile ya Iran igwa kuri uwo mujyi bigakurikirwa n’inkongi. Ku manywa Iran…
Afurika y’epfo yahishuye impamvu abasirikare ba SADC batabashije kunyura ku kibuga cya Goma
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Afurika y’Epfo, Gen Rudzani Maphwanya, yasobanuye ko ingabo z’Umuryango w’Ubukungu n’Iterambere rya Afurika y’amajyepfo (SADC) zitanyura ku kibuga cy’indege cya Goma bitewe n’uko kugisana bitari gushoboka ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo butabigizemo uruhare. Mu…
Habonetse ikintu k’ingenzi ku iperereza ku mpanuka y’indege yahitanye abarenga 200
Abari gukora iperereza ku mpanuka y’indege ya Air India iherutse gukora impanuka igahitana abagenzi 241, babashije kubona agasanduku gafata amajwi, biba intambwe itewe mu gutahura icyateye iyi mpanuka. Amakuru dukesha BBC kuri uyu wa Mbere tariki 16 Kamena 2025, avuga…
Isambu nziza igurishwa ahantu beza i Gasogi – Kigali
Dore Isambu Nini Ahantu heza Hagezweho Igasogi Mu muji Wa Kigari. Isambu Ifite Ubuso 15426 Kandi Iri ahantu Hubatse Amazu Meza Akarusho Iri Muri R1 Ikaba Igurishwa miliyoni 450RWF(Miriyoni Maganane). Duhamagare cyangwa utwandikire kuri iyi nimero: 0788328340