Umuhanzi Diamond Platinumz yakoreye ikintu kidasanzwe The Ben bakoranye indirimbo WHY
Umuhanzi w’icyamamare wo muri Tanzania, Diamond Platnumz, yazirikanye indirimbo ‘Why’ yakoranye n’umuhanzi nyarwanda The Ben, ayiririmba ari kumwe n’abafana be mu buryo bwuje amarangamutima, mu gitaramo yakoreye muri Manchester Academy mu Bwongereza, ku wa Gatandatu tariki ya 14 Kamena 2025….
Wari wicarana n’umukobwa ukabona arakureba atya? Dore ibimenyetso byakwereka ko umuntu atagukunda n’ubwo atabikubwira
Kumenya uko umuntu yiyumva kuri wowe ntibyoroshye, cyane cyane iyo atabigaragaza mu magambo. Ariko hari imyitwarire yoroheje ushobora kwitondera ikakwereka ko atagukunda nk’uko wabyibwira. Ubushakashatsi bugaragaza ko abantu benshi bafite amarangamutima mabi ku bandi akenshi batabivuga, ahubwo bagahitamo kubigaragaza mu…
Dore ibintu utagomba kwibeshya ngo ukore kubera urukundo
Urukundo ni rwiza cyane, ni amwe mu marangamutima ashobora guhindura ubuzima bwawe mu buryo bwiza, ariko na none rushobora kugukoresha amakosa akomeye. N’ubwo ari ibisanzwe gushaka gushimisha umukunzi cyangwa kurinda urukundo rwanyu, hari amakosa amwe aganisha ku ngaruka zikomeye. Hifashishijwe…
Israel na Irani bikomeje gucananaho umuriro
UPDATES: Ibisasu bya byarashwe na Iran mu ijoro ryo kuri iki cyumweru bimwe byaguye ku butaka ibindi bizimirizwa mu kirere. Icyambu cya Haifa cyongeye kwibasirwa, aho amashusho agaragaza misile ya Iran igwa kuri uwo mujyi bigakurikirwa n’inkongi. Ku manywa Iran…
Afurika y’epfo yahishuye impamvu abasirikare ba SADC batabashije kunyura ku kibuga cya Goma
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Afurika y’Epfo, Gen Rudzani Maphwanya, yasobanuye ko ingabo z’Umuryango w’Ubukungu n’Iterambere rya Afurika y’amajyepfo (SADC) zitanyura ku kibuga cy’indege cya Goma bitewe n’uko kugisana bitari gushoboka ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo butabigizemo uruhare. Mu…
Habonetse ikintu k’ingenzi ku iperereza ku mpanuka y’indege yahitanye abarenga 200
Abari gukora iperereza ku mpanuka y’indege ya Air India iherutse gukora impanuka igahitana abagenzi 241, babashije kubona agasanduku gafata amajwi, biba intambwe itewe mu gutahura icyateye iyi mpanuka. Amakuru dukesha BBC kuri uyu wa Mbere tariki 16 Kamena 2025, avuga…
Isambu nziza igurishwa ahantu beza i Gasogi – Kigali
Dore Isambu Nini Ahantu heza Hagezweho Igasogi Mu muji Wa Kigari. Isambu Ifite Ubuso 15426 Kandi Iri ahantu Hubatse Amazu Meza Akarusho Iri Muri R1 Ikaba Igurishwa miliyoni 450RWF(Miriyoni Maganane). Duhamagare cyangwa utwandikire kuri iyi nimero: 0788328340
Inzu nziza cyane zirimo ibikoresho byiza kandi bigezweho zikodeshwa Kimironko
Amazu Meza Cyane Akodeshwa Arimo Ibintu Byose Kandi Byiza Bishyashya kandi Bigezweho: . Ibitanda Byiza . Intebe Nzaza . Amashuka Agezweho . Amasahani Meza Inzu nini: Mbese Naba Ugezeyo Ukirebera Inzu Nini Ifite Ibyumba Bine Toilette enye. Mbese Buricyumba Gifite…
Basubiranyemo benshi bahasiga ubuzima! Bombori bombori muri FARDC i Kinshasa
Umutekano wahungabanye mu murwa mukuru wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC) kuri uyu wa Kane tariki ya 14 Gicurasi 2025, ubwo umusirikare wo mu mutwe ushinzwe kurinda Perezida yarasaga akica abasirikare batatu b’itsinda rya PM (Police Militaire). Ibi byabaye…
Ibyo AFC/M23 yakoreye indege ya FARDC bikomeje kuvugisha benshi
Mu gihe intambara hagati y’ingabo za Leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) ifatanyije n’imitwe yitwaje intwaro mu kurwanya AFC/M23 ikomeje gukara, amakuru mashya aturuka mu misozi ya Mulenge mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo avuga ko drone ya FARDC…