Babiri bashinzwe umutekano ku bitaro muri Rutsiro barashinjwa kwica umurwaza
•
Abakozi babiri bashinzwe umutekano ku Bitaro bya Murunda batawe muri yombi bashinjwa kugira uruhare mu rupfu rw’umukobwa wo mu Karere ka Rutsiro wasanzwe mu gihuru yapfuye mu buryo budasobanutse. Abafunzwe basanzwe bakorera sosiyete ishinzwe umutekano w’Ibitaro bya Murunda naho umukobwa wishwe yitwa Nirere Florence akaba akomoka mu Murenge wa Ruhango, Akagari ka Nyakarera.…
Dore abakinnyi Rayon Sports igiye gukoresha yesurana na Mukura Victory Sports
•
Ikipe ya Rayon Sports yashyize hanze urutonde rw’abakinnyi 22 yajyanye i Huye ku mukino w’umunsi wa 16 wa shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda uyihuza na Mukura VS kuri uyu wa gatandatu saa 15h00. Iyi kipe itagaragaramo abarimo Habimana Hussein na Mitima Isaac, irimo abakinnyi bose Rayon Sports yasinyishije mu minsi mike ishize…
Dore ibintu 5 ugomba kwirinda gukora igihe utandukanye n’umukunzi wawe kuko byagukururira ibyago bikomeye
•
Ubundi bwa mbere niba uzi ko ugiye mu rukundo, hita uteganya ko hashobora no kubaho gutandukana bitewe n’impamvu runaka, ziguturutseho cyangwa se zimuturutseho. Ikindi kandi niba utandukanye n’uwo wakundaga wikumva ko isi ikurangiryeho, hari n’abandi erega bashobora kuguha urukundo. Ibintu 5 utazigera ukora ngo n’uko watandukanye n’umukunzi wawe: 1. Wikwihimurira ku buzima…
Uribaza ijambo wabwira umukunzi wawe akazahora agukunda? Dore urutonde rw’amagambo meza 50 wakoresha
•
Ndabizi ko ukunda umukunzi wawe cyane, ariko wabuze amagambo wakoresha ukabasha kumusobanura neza ndetse akaba yanagutandukanya n’abandi basore baziranye cyangwa bigeze bahura. Ahari umara umwanya wawe usoma ibitabo ngo ukuremo amagambo ariko byaranze. Uyu munsi Iwacumarket.xyz iragufasha. Mbere na mbere, menya ko nta buryo bwiza bwo kugaragazamo urukundo buhari, ntabwo rwose. Kwita ku…
Perezida Kagame yatangije umushinga wo kubaka inzu zo guturamo ziri ku giciro kiringaniye [AMAFOTO]
•
Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame, bitabiriye itangizwa ry’umushinga w’amacumbi agezweho witwa ’Bwiza Riverside Homes’ azubakwa i Karama mu karere ka Nyarugenge. . inzu ziciriritse Uyu mushinga w’inzu zihendutse, wagizwemo uruhare ku bufatanye bwa Guverinoma y’u Rwanda na sosiyete ADHI aho hazubakwa amazu asaga 2200. Perezida Kagame yashimiye ADHI yemeye gufatanya na Leta y’u…
Abasore: Ibintu 5 Wakorera Umukobwa Ukunda Agahora Yifuza Guhorana Na We
•
Kugira ngo umukobwa ahore yishimye igihe cyose muri kumwe burya biterwa n’uko umusore bakundana amufata n’uko amuganiriza ndetse n’amagambo amubwira iyo bari kumwe. Usanga abasore benshi cyangwa se abagabo bifuza kubona abakobwa b’inshuti zabo babasekera, babamwenyurira n’ibindi byerekana ko banezerewe, dore ko hafi y’abasore bose ngo babikunda ariko ngo ugasanga hari abatabigeraho bagakeka…