Ushaka kwizihiza Saint Valentin ukeye? Dore uko wowe n’umukunzi wawe mwakwambara mukahacana umucyo – AMAFOTO
•
Mu gihe habura iminsi itatu gusa kugira ngo umunsi wizihizwaho abakundana wa St. Valentin ugere, kuri ubu abakundana bari gushakisha impano bazahana cyangwa aho bazasohokera, ndetse hari n’abandi bari kwibaza imyenda bazambara uko imeze cyangwa se bayobewe amabara bahitamo. . Ibyo Wakwambara Kuri St Valentin . Umunsi Mukuru Wa St Valentin . Amabara Wakwambara…
Gakenke: Abaturage bari kubyinira ku rukoma kubera urupfu rw’umugabo bari baturanye
•
Ku musozi wa Rutendeli mu murenge wa Gashenyi mu karere ka Gakenke, abaturage bari mu byishimo kubera urupfu rw’umugabo witwa Dusabimana Leonidas wavugwagaho kuroga abaturage bo muri aka gace. Mu gihe ubusanzwe umuntu apfa abantu bagacura umuborogo,urupfu rw’uyu mugabo rwo rwashimishije benshi mu baturanyi be nkuko BTN TV dukesha iyi nkuru ibitangaza. …
Taliki 11/02 umunsi wa gapapu mu Rwanda unibukwaho uburyo uwitwa Kaberuka yakoreye gapapu incuti ye magara akamutwara Marita
•
Hari ku munsi nk’uyu mu myaka yo mu 1980 habura iminsi itatu gusa ngo hizihizwe umunsi w’abakundanye uzwi nka Saint Valentin, umusore wari ugeze mu gihe cyo gushaka yagiye gusura umukobwa bakundanaga witwa Marita, aherekezwa n’inshuti ye yitwaga Kaberuka ngo ‘imurambagirize’. Bageze iwabo w’umukobwa basanze umukobwa abategerereje ku irembo, arabakira bajya mu nzu…
Rayon Sports: Uko abakinnyi babona umutoza wabo mushya mu minsi mike bamaranye
•
Umunya-Portugal Jorge Paixão uherutse gusinyira Rayon Sports kuzayitoza amezi atandatu, afitiwe icyizere cyinshi n’abakinnyi b’iyi kipe babisobanura bagaragza aho atandukaniye n’abandi batoje iyi kipe, aho bemeza ko bizeye umusaruro utagabanyije azaha iyi kipe mu gice cya kabiri cya shampiyona. . Umutoza Mushya Wa Rayon Sports . Ibyo Abakinnyi Ba Rayon Sports Bavuga . Uko…
Mu mafoto reba ikimero n’uburanga bya Tems wigaruriye umutima w’umuhanzi Wizkid
•
Umuhanzikazi Tems ugezweho mu gihugu cya Nigeria , akomeje kuvugwa mu munyenga w’urukundo na Wizkid bakoranye indirimbo yakunzwe cyane ’Essence’. Temilade Openiyi umaze kwamamara ku izina rya Tems, ni umuhanzikazi ugezweho ku mugabane wa Afurika ukomoka muri Nigeria. Yatangiye kumenyekana muri 2019 ubwo yasohoraga indirimbo yise ‘Try Me’, yakurikije album yise ’For Beroken…
Umubano wa Perezida Kagame n’umuhungu wa Museveni ukomeje gusagamba
•
Lt Gen Muhoozi ukomeje kugaragaza ubushake mu gutuma u Rwanda na Uganda byongera kunoza umubano, akomeje kwerekana ko ibihugu byombi ari abavandimwe kandi kuva na kera ariko byahoze. Muri iyi minsi u Rwanda na Uganda bari muri gahunda yo kuzahura umubano w’ibihugu byombi umaze igihe waratesekaye kubera ibibazo bitandukanye, impande zombi zikomeje kugaragaza…