Abasore: Umukunzi wawe yaba yanga ko mutera akabariro kandi mwarigeze kubikora? Dore zimwe mu mpamvu zishobora kuba zibimutera
•
Ibi bikunze kuba ku basore benshi aho usanga bakundana n’abakobwa ndetse bakabasha gutera akabariro rimwe cyangwa kabiri ariko nyuma yaho umukobwa akabyanga burundu akenshi ugasanga abasore bafashe umwanzuro wo kwanga umukukobwa batanazi impamvu yabimuteye. . Icyo Wakora Ugashimisha Umukunzi . Uko Watera Akabariro Neza . Uko Washimisha Umugore Wawe Niba nawe uri hano…
Abasore: Haba hari umukobwa wakwimye urukundo? Reba neza niba utajya wibeshya kuri ibi bintu
•
Abasore bafite ibintu bibeshyaho ko babikoze cyangwa se babifite byatuma abakobwa babakunda byimazeyo nyamara si ko biri kuko iyo ari byo bakoresheje batereta akenshi bitabahira. . Ibintu abasore bibeshya ko byatuma abakobwa babakunda kandi atari byo . Ibintu udakwiye kwitiranya mu rukundo niba ushaka umukunzi uguha urukundo rwa nyarwo . Reka gushyira imbere…
Abantu basetse barakwenkwenuka ubwo umusore w’ibigango ufite imyaka 29 yatereraga ivi umwana wiga mu yisumbuye – AMASHUSHO
•
Abakoresha imbuga nkoaranyambaga batunguwe n’umusore w’imyaka 29 wo muri Nigeria wateye ivi akambika impeta umwana w’umukobwa wiga mu mashuri yisumbuye ariko ugaragara nk’aho akiri muto. . Umusore W’ibigango Yapfuyamiye Umwana Wiga Mu Mashuri Yisumbuye amusaba kumubera umugore . Yareye Ivi Umwana Ukiri Muto abantu bagwa mu kantu Ukurikije amashusho , uyu musore yapfukamye,…
Yolo The Queen yashyize hanze amashusho acugusa amabuno abwira bagenzi be ati: “Mugira amahirwe…”
•
Umurundikazi Yolo The Queen wamamaye cyane ku mbuga nkoranyambaga by’umwihariko kuri instagram aho ashyira amafoto n’amavidewo atandukanye akurura abafana be benshi. Kuri uyu wa 06 Gashyantare 2022, Yolo The Queen abinyujije kuri story ya instagram ye yashyize hanze videwo maze ayiherekesha amagambo agira ati ” U’re lucky I can’t dance. otherwise u would all…
Umusore w’imyaka 17 yakatiwe kumara imyaka 100 mu buroko
•
Ku wa kabiri w’iki cyumweru, Umusore w’ingimbi yakatiwe igifungo cy’imyaka 100 azira kwica barumuna be. Nickalas Kedrowitz, ufite imyaka 17, yakatiwe iyi myaka nyuma y’aho yishe mushiki we witwa Desiree McCartney w’amezi 23 na murumuna we Nathaniel Ritz w’amezi 11. Kedrowitz yari afite imyaka 13 igihe ubwicanyi bwakorwaga, amezi atatu atandukanye inshuro…
#MissRwanda2022:Intara y’Amajyepfo yabonye abakobwa 9 bayihagararira harimo n’ufite ubumuga bukomatanyije
•
Kuri uyu wa Gatandatu tariki 5 Gashyantare 2022,hakomeje amajonjora ya Miss Rwanda yakomereje mu Ntara y’Amajyepfo kuri Credo Hotel,habonetse abandi bakobwa 9 binjiye muri Miss Rwanda 2022. . Abakobwa 9 bazahagararira intara y’amajyepfo . Bwa mbere mu mateka yaryo, Irushanwa rya Miss Rwanda rigiye kwitabirwa n’ufite ubumuga Abakobwa 82 nibo biyandikishije guhagararira Intara y’Amajyepfo,…