Nyagatare: Pasiteri aravugwaho kwica ubukwe bwaburaga amasaha ngo butahe
•
Pasiteri mu itorero Carval Temple, muri imwe mu misingi yaryo mu Karere ka Nyagatare, yanze gusezeranya abageni habura umunsi umwe ngo ubukwe bube, ku mpamvu itaramenyekana. Ubukwe bw’abo bageni bwari buteganyijwe kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 05 Gashyantare 2022, nyuma yo kwemeranya kubana nk’umugore n’umugabo tariki ya 13 Mutarama 2022, babihamya imbere…
Ibyo wakorera umukobwa ukunda ukamwibagiza abandi bose bamutereta akaba uwawe wenyine
•
Dore ibintu 6 by’ingenzi kandi byoroshye wakorera umukunzi wawe ukamwibagiza ba bandi bose bamutereta; . Ibyo Wakorera Umukobwa Akagukunda Kurusha Abandi Bose . Ibyo Wakora Bigatuma Umukobwa Yibagirwa Abamutereta Bose . Uko Wakwigarurira Umutima W’umukobwa Ukunda Mu Buryo Bworoshye 1. Guhora umubwira ko umukunda N’ubwo abenshi batabiha agaciro cyangwa bagakeka ko kubivuga…
Umugore yapfuye nyuma yo gutera akabariro ijoro ryose n’umusore w’ibigango
•
Alice Wasike, Umugore wo muri Kenya bamusanze yitabye Imana iruhande rwe haryamye umugabo wataye ubwenge bikekwa ko yazize gutera akabariro ijoro ryose kugeza ashizemo umwuka. Birakekwa ko yapfuye nyuma yo kumara ijoro ryose mu gikorwa cy’imibonano kubera ko nta bikomere bigaragara ku mubiri we ndetse n’umuntu ukekwaho icyaha amaze kubona ko yapfuye yahise…
Abantu bifashe impungenge nyuma yo kubona ukuntu abana b’abakobwa babyina indirimbo igezweho – VIDEO
•
Abakobwa b’abanyeshuri bakomeje guca ibintu ku mbuga nkoranyambaga kubera ukuntu babyina indirimbo igezweho mu buryo budasanzwe, abo bakobwa baba babyina bakubita ikibuno hejuru. . Imibibyinire y’abana b’abakobwa yatunguye benshi . Abakobwa babyinnye umuziki abantu barumirwa Aba banyeshuri kandi bigaragara ko ibyo babyina babifatiye umwanya uhagije wo kubyitoza kubera ukuntu baba babyina iyo ndirimbo badasigana.…
Umusore yakubiswe iz’akabwana n’umukobwa yari agiye kwambika impeta – VIDEO
•
Umukobwa wo mugihugu cya Nigeria we ntiyigeze yishimira igikorwa cyari cyateguwe n’umusore bakundana washakaga kumwambika impeta maze aramukubita abantu bose bashungereye. Uyu musore yari yatumiye inshuti ze ndetse n’isnhuti z’umukobwa, ategura ahantu heza, ategura umutsima(Gateaux), ategura n’umuhanzi ugomba kuririmba muri ibi birori. Nkuko bigaragara mu mashusho, Ubwo uyu musore yazanaga impeta, yaje…
Abasore: Dore ibintu 11 wakora umukobwa ukunda niba wifuza ko arushaho kugukunda uko iminsi ishira kugeza akwimariyemo wese
•
Biroroshye kuba umusore yatuma umukobwa badakundana amukunda kuruta uko yatuma uwo bari mu rukundo cyangwa uwo babana abona impamvu yihariye yo kumukunda. Iyo wamaze kumwigarurira umukoro uba usigaye kandi ukomeye ni ugutuma ahora agukunze. Kuko usanga abasore benshi bahangayikishijwe n’icyatuma abakobwa bakundana bahora bari mu rukundo nabo, niyo mpamvu umunyamakuru wa iwacumarket.xyz yifuje…